Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye inyandiko zemerera ba Ambasaderi batatu gutangira gukorera mu Rwanda. Barimo uwa Qatar witwa Misfer Bin F...
Mu nama yaraye ihuje abagize Urugaga nyarwanda rw’aborozi b’ingurube n’abafatanyabikorwa babo, Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi ushinzwe ubworozi Dr Solange Uwituze yavuze...
Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu n’ibindi byaha (ASOC), ku wa Gatanu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 38 n’undi wa 37, bakekwaho kwiba 3,000,000 Frw mu...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali( CHUK) bwahaye Taarifa itangazo buvuga ko umugabo Polisi iherutse kwereka itangazamakuru ivuga ko yamufashe kubera kwaka abantu bakoze impanuka ruswa yiyit...
Mastercard Foundation na Kaminuza y’u Rwanda byatangije ubufatanye bw’imyaka 10 buzashorwamo miliyoni $55, buzafasha abanyeshuri bagera ku 1200 b’Abanyafuika kubasha kwiga kaminuza. Ni ubufatanye buku...
Ubwonko bw’umwana ni nk’ipamba ushyira mu muti ikawunywa. Mu buryo bw’ikigereranyo, ubwonko twagereranyije n’ipamba kuko iyo ubwegereje ibitabo bukogota inyuguti n’ubumenyi zihishemo bukazigumana kuge...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gitwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir, cyatangaje ko uko iminsi igenda yicuma ari ko kigenda kizanzamuka, kikivana mu bibazo cyatewe n’icyorezo COVID-19. Bidatinze k...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 11 Nzeri abapolisi bakorera mu Karere ka Nyabihu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 21 n’undi ufite 34, bahetse ku igare udupfunyika 7493 t...
Perezida Paul Kagame yasabye ko ibihano bitangwa ku bafata abagore ku ngufu n’abasambanya abana byongerwa, nk’uburyp bwatuma abantu barushaho kubigendera kure. Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere ubwo yar...
Perezida Paul Kagame yagize Colonel Jean Paul Nyirubutama Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’Iperereza n’Umutekano (NISS) n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe iperereza n’umutekano byo hanze y’igihugu,...







