Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwemeje ko abasirikare barenze umupaka batabigambiriye bakagera muri metero nke ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bakurikiye abantu bikekwa ko bari ...
Amakuru Taarifa yakuye muri bamwe mu baturage bo muri Kimisagara avuga ko mu gace kuriya murenge gaturanye na Nyabugogo hari igaraje riri gushya. Ni igaraje rituriye uruganda rukora inkweto. Ubwo twa...
Ingabire Victoire Umuhoza "yahamagajwe" n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), nyuma y’iminsi bimenyekanye ko hari abantu bakorana bya hafi bakurikiranyweho kuba mu mugambi wo gukwiza ibihuha biga...
Biteganyijwe ko abaganga babiri bafite urwego rwa Dogiteri bazitaba urukiko mu rubanza ubushinjacyaha rubaregamo kugira uruhare mu rupfu rw’abantu babiri barimo umugore waguye ku iseta ari agiye kubya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, abasirikare b’u Rwanda bakurikiranye abantu bageragezaga kwinjiza magendu mu Rwanda, birangira bakandagiye ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko ibin...
Impunzi 911 zari zisigaye mu nkambi ya Gihembe mu Karere ka Nyamagabe zimuwe zijyanwa mu Nkambi ya Mahama iri mu Karere ka Kirehe. Imbere iriya nkambi yari ituwemo n’impunzi 12, 000 zi yari imaze imya...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari intambwe nyinshi u Rwanda rwateye, ariko rutaratsinda intambara kuko rutaragera ku ntego rwihaye nk’igihugu z’ubumwe, iterambere n’umutekano. Ni ijambo yavuze kuri ...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel yaraye yitabiriye inama ihuza abayobozi ba Polisi z’ibihugu byibumbiye mu Muryango wo mu Karere k’i Burasirazuba (EAPCCO...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu gihe cya vuba hazatangira umushinga wo kuvugurura uduce tune tugaragara nk’akajagari, tugashyirwamo ibikorwa remezo ku buryo abahatuye bazashishikarizwa ...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira, 2021 mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatangiye inama ihuza abayobozi bakuru ba Polisi zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo. IGP Dan Munyuza ...








