Kaminuza mpuzamahanga yigisha imibare na siyansi, African Institute of Mathematical Sciences, Ishami ry’u Rwanda yahembye abarimu bigisha imibare n’izindi science babaye indashyikirwa batoranyijwe mu ...
Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi ariko ushinzwe by’umwihariko ubworozi Dr Solange Uwituze avuga ko imibare yerekana ko mu mwaka wa 2050, Abanyarwanda bazaba ba...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda n’ahandi ku isi kitwa Canal + cyatangaje ko mu gihe cy’umwaka kimaze gikorera mu Rwanda, cyahaye Abanyarwanda serivisi nziza kandi kizabikomeza no mu gihe ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yasabye inzego bireba gusuzuma ibijyanye n’imikoreshereze y’imihanda, nyuma y’uko abantu benshi bakomeje kubitindaho bavuga ko mu bihano birimo gutangwa harimo akarengan...
Inzego zishinzwe uburezi mu Rwanda zifatanyije n’Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho, Airtel- Rwanda na Kaminuza Nyafurika yigisha imibare( Ishami ry’u Rwanda) zatangije uburyo bwo gushimira mwarimu ku...
Ubwo yarangizaga amahugurwa y’abagenzacyaha yari amaze iminsi abera mu Ishuri rya Polisi riri mu Karere ka Musanze, Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta, Dr Emmuel Ugirashebuja yasabye...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko gukaza umutekano wo mu muhanda bigamije kurengera ubuzima bw’Abanyarwanda, cyane cyane mu kurwanya impanuka zimaze guhitana ubuzima bw’abantu 548 mu mezi icumi ashize. U...
Ikigo Mango Telecom Ltd cyasubije mu kazi umukozi wagishinjaga ko yirukanwe azira ko atwite, kinasobanura impamvu zari zashingiweho nubwo zitavugwaho rumwe. Kuri uyu wa Kabiri Isimbi Jael yashyize kur...
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Shabana Basij-Rasikh washinze Ishuri ry’Imiyoborere ry’abakobwa muri Afghanistan (SOLA), riheruka kwimurira ibikorwa mu Rwanda mu buryo bw’igihe git...
Mango Telecom Ltd icuruza internet mu Rwanda ikomeje kuvugwaho byinshi ku mbuga nkoranyambaga, ishinjwa ko yasezereye umukozi imuziza ko atwite, ko akazi yagombaga gukora katajyanye n’uko ubuzim...








