Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...
U Rwanda rwoherereje amahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi byose hamwe bifite agaciro ka $ 8,263,198, byose bikaba bingana na toni 8,909. Iyi mibare ikomatanyije ibintu byoherejwe hanze hagati y’it...
Imiterere y’u Rwanda iranyuranye kandi bigira ingaruka ku mitunganyirize n’imitangirwe y’amazi meza cyane cyane mu cyaro. N’ubwo u Rwanda rwiyemeje ko mu mwaka wa 2030 abaturag...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa aganira na mugenzi we Emmanuel Macron. Perezidansi y’u Rwanda ivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri byinshi bifite aho bihuriye...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko abasirikare batatu bari mu butumwa bwo kurwanya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado biciwe mu gico batezwe, abandi batandatu barakomereka. Icyo gic...
Hagati y’impera za Mata n’intangiriro za Gicurasi, 2025 ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafatiye mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali ibilo birenga 50 by’urumogi n...
Perezida Paul Kagame yakiririye mu Biro bye Umuyobozi ku rwego rw’isi w’Umuryango Mpuzamahanga wa Croix Rouge witwa Mirjana Spoljaric Egger. Yamwakiranye n’uyobora uyu muryango ku rwego rwa Afurika wi...
Umwaka wa 2024 wabereye abagabo mubi kuko wabahitanye kurusha abagore kandi abenshi bazira indwara zitandura(47.7%) mu gihe abahitanwa n’indwara zandura ari 42.9%. 9.4% rigizwe n’abicwa n’izindi mpamv...
Imwe mu ngingo yari imaze iminsi ivugwa ariko u Rwanda rutaragira icyo ruyitangazaho ni ubufatanye bw’u Rwanda na Amerika mu kwakira abimukira Washington izoherereza u Rwanda ibintu byose nibicamo. Us...
Ubwenge buhangano( Artificial Intelligence) ni igikoresho gikoresha murandasi mu kunganira benshi ariko cyane cyane abanyamakuru. Kubukoresha mu buryo bufite intego nibyo bigirira akamaro itangazamaku...









