Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Paul Kagame yageze i Abidjan muri Côte d’’Ivoire mu nama yamuhuje na bagenzi be yitwa Africa CEO Forum iyobowe na mugenzi we Alassane Ouattara. Africa CEO Forum ni inama yitabirwa n’abayobozi bakuru ...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko uruhare Ikigo cy’u Rwanda gitwara abantu n’ibintu mu ndege, Rwandair, cyagize mu guhuza ibihugu bya Afurika ari urwo gushimwa. Yabivugiye mu kiganiro ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Nduhungirehe yageze Budapest muri Hongrie aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere ari butahe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu. Olivi...
Guhera kuri uyu wa Kabiri Tariki 13, Gicurasi, kugeza mu byumweru bitanu biri imbere, kuri televiziyo ebyiri zo mu Rwanda hazatambutswa ibiganiro by’abana bahize abandi mu gusobanukirwa imikorer...
Mu Kagari ka Munanira, Umurenge wa Nyakabanda muri Nyarugenge Polisi yahafatiye ubwoko bw’amavuta yangiza uruhu bita mukorogo. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire avuga ko ama...
Kimwe mu byemeranywaho n’abahanga ko byerekana ko umuntu yatangiye gusaza ni ukudashobora guhagarara k’ukuguru kumwe byibura amasogonda 10. Bavuga ko iyo udashobora kubikora kandi utasinze...
Umuryango wibuka Abatutsi bajugunywe mu mazi witwa Dukundane Family wabibukiye ku ruzi rw’Akagera ku gice cyayo gikora ku Murenge wa Masaka, Akagari ka Rusheshe muri Kicukiro. Abagize uyu muryango bav...
Ubwo yagezaga ikiganiro gikubiyemo igenamigambi ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026 n’uko izakoreshwa, Minisitiri Yussuf Murangwa yavuze kubaka umuhanga Kigali-Muhanga utagikozwe kuko hari ibitara...
Igenamigambi rya Leta y’u Rwanda rivuga ko ingengo y’imari y’u Rwanda mu mwaka wa 2025-2026 izaba Miliyari Frw 7.032,5 ni ukuvuga inyongera ya Miliyari Frw 1.216 ugereranyije n’...









