Leta y’u Rwanda irateganya ko ingo mbonezamikurire zizongerwa muri buri Kagari, kandi zigahabwa ubushobozi butuma zitanga uburere nk’ubutangirwa mu mashuri y’incuke. Bizakorwa mu rwego rwo kugabanya u...
Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania. Ni irushanwa ryitwa ‘CECAFA ...
Minisitiri w’uburezi Dr. Joseph Nsengimana avuga ko Guverinoma ifite gahunda y’uko mu myaka iri imbere umubare w’abana b’incuke bazitabira amashuri abagenewe bazagera kuri 60% bavuye kuri 40% bariho u...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Martin Ngoga yawubwiye ko u Rwanda rukwiye kuba ari rwo rubika inyandiko zose zirebana n’imanza zabakoreye Abatutsi Jenoside baburanishijwe n’icyahoze ari...
Gitifu w’Akagari ka Sholi mu Murenge wa Nyamabuye n’ushinzwe umutekano batawe muri yombi bakurikiranyweho gukubita no kunegekaza umuturage, ajyanwa mu bitaro. Urwego rw’Ubugenzacyaha rukorera kuri Sit...
Ubwo yamurikiraga Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda uko ingengo y’imari y’uyu mwaka, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yabamenyesheje uko igenamigambi r...
Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuhati wa Guverinoma wo kurufasha kwihangira imirimo no kubona akazi watanze umusaruro ariko haracyari byinshi bita...
Ubwo bajyaga ku bitaro bya Kiziguro gusura umubyeyi wabo wahajyanywe n’ubuyobozi bw’Umurenge ngo avurwe, abana ba Mukandoli Ange babwiwe ko atari buhabwe indi miti kuko iya mbere itishyuwe...
Muri iki gihe, COVID-19 cyangwa se wenda isa nayo iravugwa mu Rwanda ku kigero gito cy’ubwandu ariko gishobora kwaguka. Ubwo yadukaga ikagarika ingogo mu myaka yaza 2020 -2022, imwe mu ngamba zo kuyir...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10, Kamena, 2025 ubuyobozi bw’Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo bwajyanye kwa muganga umukecuru Mukandoli Ange Taarifa Rwanda yari im...









