Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
Ntituramenya niba ari ‘Operation’ yihariye Polisi y’u Rwanda yatangije mu Mujyi wa Kigali, gusa ikigaragara ni uko hari abantu benshi biganjemo urubyiruko iri guta muri yombi, ikemeza ko ari abajura. ...
Jean-Marie Rugambwa ukora muri Banki Nkuru’u Rwanda asanga byagirira akamaro Abanyarwanda n’igihugu cyabo baramutse bitabiriye gushora imari mu kugura impapuro mpeshamwenda. Mu nyandiko yageneye Taari...
Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Yussuf Murangwa yasinye amasezerano yo kwakira no gukoresha Miliyoni $300 mu mishinga yo kubungabunga ibidukikije, guteza imbere ingufu zisubira, kwita ku gutwara mu...
Umunyeshuri wiga mu Ishuri rya Siyanse rya Nyamagabe witwa Diane Mutimukeye agira bagenzi be inama yo kudatinya kwiga imibare kuko nawe yayishoboye ndetse imaze kumuha uburyo bwo guserukira u Rwanda ...
Saa tanu z’ijoro kuri iki Cyumweru tariki 15, Kamena, 2025, abapolisi bakorera mu Murenge wa Kimisagara bafatanye umugabo witwa Safari Adrien inzoga Polisi ivuga ko ari inkorano yari ajyanye mu isoko ...
Ishyaka riharanira kwishyira ukizana kwa buri wese, Parti Libéral, PL, ryaraye ritangaje ko rigiye gukomeza gufasha inzego za Leta kugera ku ntego z’iterambere ryiswe NST 2. U Rwanda rwiyemeje ko izo ...
Ariel Wayz yabaye Umunyarwanda[kazi] wa mbere usinyishijwe na Universal Music Group (UMG), kimwe mu bigo bikomeye ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro. Ishami ry’iki kigo muri Afurika niryo ryamusinyishi...
Saa munani z’ijoro ryacyeye, Polisi yarasiye umuntu yemeza ko yari umujura mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Karama, Umurenge wa Kanombe muri Kicukiro. Yamusatse imusangana ibyangombwa by’uwahoze ari...
Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda yatangaje ko nta masezerano azasinywa kuri iki Cyumweru kuko kugira ngo hagire asinywa yerekeye amahoro hagati ya Kigali na Ki...









