Prof. Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), avuga ko, mu rwego rwo gukuraho ibyateraga iki kigo Leta ifitemo imigabane igihombo, umufatabuguzi uzajya utin...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Abimana Fidèle yabwiye Komisiyo ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) mu Nteko Ishinga Amategeko ko u Rwanda ...
Ikigo cy’igihugu gishizwe kurengera ibidukikije, REMA, kivuga ko imirimo yo gutunganya ibishanga bitanu biri mu Mujyi wa Kigali igenda neza. Biratunganywa mu rwego rwo kubifasha kubona amazi no kuyayu...
Mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Tariki 24, Kamena, 2025 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Olusegun Obasanjo wahoze uyobora Nigeria akaba n’umwe mu bahuza bashyizweho na...
Imibare itangwa n’inzego z’umutekano ni ukuvuga Rwanda Defence Force na Rwanda National Police ivuga ko mu gihe abazikorera bagiye kumara baha serivisi z’ubuvuzi abatuye Rulindo, bazavura abantu 10,00...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, ku bufatanye na IREMBO babwiye abacuruzi ko bashyiriweho uburyo bwo gusora, kwandikisha ubucuruzi n’ibindi bakenera, bakabik...
Ikigo Nyarwanda gitwara abantu mu ndege Rwandair cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ingendo zijya muri Qatar no muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. Byatewe no kwirinda ko intambara iri ...
Abakozi ba Banki ya Kigali beretse ubuyobozi bukuru bwayo imishinga bakoze yo gutanga ibisubizo ku bibazo abayigana bahura nayo no guhanga udushya mu iterambere ry’iyi banki iri mu zikomeye kurusha iz...
Hazaba ari kuwa Kane Tariki 26, Kamena, 2025 ubwo u Rwanda ruzumva umwanzuro w’Urukiko Nyafurika rushinzwe uburenganzira bw’abantu ku ngingo yerekeye ibyo rwasabye by’uko uru rukiko rwates...
Kuba isuzuma ryakozwe na Minisiteri y’Uburezi ryarasanze abigisha mu mashuri yisumbuye bangana na 45% gusa ari bo bafite ubumenyi ‘buhagije mu Cyongereza’ ni ikindi kintu kibangamiye ireme ry’uburezi...









