Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, ubwo yasobanuraga iby’impinduka ku biciro ku bikomoka kuri Petelori byaraye bitangajwe, yavuze ko impamvu bitangazwa buri mezi abiri ari uko ari cyo gihe ...
Obadiah Noel umukinnyi wakiniye APR Basketball Club mu mikino ya Basketball Africa League [BAL], yatangaje ko yishimiye kuba Umunyarwanda nyuma yo guhabwa indangamuntu nyarwanda. Uyu musore w’im...
RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 02, Nyakanga, 2025, ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byahindutse, litiro ya lisansi yiyongeraho Frw 170 ni ukuvuga kuva ku Frw 1,633 kugeza ...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Minisitiri w’Intebe wa Niger witwa Ali Mahaman Lamine Zeine baganira uko Kigali na Niamey byakorana mu ngeri zitandu...
U Rwanda rwahawe Miliyoni $ 100 ni ukuvuga arenga Miliyari Frw 144 yo kunoza ubwikorezi bw’abantu mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali. Inama y’ubutegetsi ya Banki y’isi niyo yaraye yemeje iby’a...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe iterambere rya Afurika, UN Economic Commission for Africa (ECA), Umunyarwanda Ambasaderi Claver Gatete yabwiye amahanga ko ak...
Abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bari gukora ibizamini bya Leta bibavana mu mashuri abanza binjira muyisumbuye. Bose hamwe ni abantu 220,000, barimo abanyeshuri 642 bafite ubumuga. Barahatanira gut...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rurasaba abaturage bafite Nomero itangizwa na 078830…kugira amakenga ku babahamagarira kugira ibyo bakora biyita abakozi b’ibigo by’itu...
Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda asanga kugira ngo Afurika yongere amashanyarazi ikenera, ikwiye gufatanya mu kubyaza umusaruro akomoka ku ngufu zisubira harimo iza nikileyeri, izuba n’u...
Isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya DRC n’u Rwanda ryateye benshi icyizere cy’amahoro, gusa hari abandi ryakuye umutima barimo n’abo muri FDLR. Ingingo ikomeye iyakubiyemo y’uko uyu mutwe ugomb...









