Kuri uyu wa 08, Nyakanga, 2025 Victoire Ingabire Umuhoza azitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro aje kuburana ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo. Saa yine za mu gitondo kare nibwo iryo burani...
Texas haherutse kubera Ihuriro Nyarwanda ryiswe Rwanda Convention 2025, kikaba igikorwa cyavugiwemo byinshi birimo no gusaba abatuye muri gihugu kwibuka ko u Rwanda rukeneye ko barushoramo. Michelle ...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke hatuye umusore wiyemeje kurengera ibidukikije atera ibiti 2,470 ku nkengero za kaburimbo y’umuhanda Kivu Belt. Ku myaka 25, Mushimiyima...
Mu Cyumweru gitaha, abana 12 batoranyijwe mu bandi nyuma yo kubahiga mu gukina umupira w’amaguru, bazajya mu Bwongereza gutozwa n’abatoza bo muri iyi kipe iri mu yandi make akomeye muri iki gihugu. Iy...
Umukuru w’igihugu avuga ko bidakwiye kuba mu Rwanda hari abantu bakora siporo bakayizanamo bitugukwaha, amarozi n’ibindi, bikica ireme ryayo. Ni imwe mu ngingo yagarutseho mu kiganiro yahaye abanyamak...
Perezida Paul Kagame avuga ko ubuhuza buherutse gukorwa na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu kibazo u Rwanda rumaranye igihe na DRC buzatanga umusaruro abandi bananiwe kugeraho. Mu kiganiro yahaye abanya...
Ba rwiyemezamirimo biganjemo urubyiruko baraye bahuye na bagenzi babo bakorera muri Kenya babatekerereza iby’ikoranabuhanga bahanze rifasha umuntu kugenzura ubucuruzi bwe bwose mu buryo bukamatanyije....
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yatashye umuyoboro wubatswe mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza uzaba amazi ingo 3,000 . Ni igikorwa ngarukamwaka ingabo z’u Rwanda na ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe asanga uturere tw’u Rwanda dukwiye kwita kuri siporo ariko tukareba uko tuyihuza n’ubukungu kugira ngo byose bijyanirane. Yabivugiye mu ...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere, RDB, bwatashye ibikorwaremezo bigenewe abasura Pariki ya Nyungwe ikora ku Turere dutanu rw’Amajyepfo n’Uburengerazuba. Utwo ni Nyaruguru, Nyamagabe...









