Umunyamabanga Mukuru wa Polisi mpuzamahanga Jürgen Stock yifatanyije n’Inzego z’ubutabera n’umutekano mu Rwanda mu gikorwa cyo gufungura inzu ngari irimo ikoranabuhanga ry’icyitegererezo mu gutahura, ...
Mu Murenge wa Mayange haravugwa inkuru y’abantu itangazamakuru ryasanze mu rugo rw’umuntu bivugwa ko ari umuvuzi wa gakondo baboheye amaboko inyuma n’amaguru nayo aziritse ku nkingi ziteye ahantu haga...
Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
Umuryango InterPeace ku bufatanye na RWAMREC batangaje imfashanyigisho igenewe abagabo n’abasore kugira ngo bamenye uko imyifatire ikwiye mu mibanire yabo n’abakobwa cyangwa abagore igerwaho. Ni igita...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya yaraye yifatanyije n’ubuyobozi bukuru bwa Banki ya Kigali mu gufungura ku mugaragaro icyumba ababyeyi bakora muri iyi Banki ...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwaraye rutegetse ko Prof Harerimana Jean Bosco wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amakoperative (RCA) na Hakizimana Clever wari ushinzwe amasok...
Indwara zo mu mutwe ziri kwiyongerera mu Banyarwanda k’uburyo umuntu umwe muri batanu afite iki kibazo. Ni ibyemezwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC. Iby’iki kibazo biherutse gushimangirwa ...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana yavuze ko muri rusange umutekano mu Rwanda uhagaze neza ariko ngo ikibazo gituma Abanyarwanda badatekana ni Ibiza. Yabivuze mu kiganiro yahaye itangazama...
Mu rwego rwo guha ababigana serivisi z’ubuvuzi zigezweho, mu bitaro bya Butaro hatashywe inyubako nshya zirimo ibikoresho bishya. Ibi bitaro bifite umwihariko wo gusuzuma no kuvura za cancers zitanduk...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiyombe mu Karere ka Nyagatare babwiwe ko ntawe ukwiye kubura ubutabera kubera ko imimerere ye itamwemerera kwitangira ikirego. Hari abafite inshingano zo kubatangira ibireg...









