Iteganyagihe ry’uko ikirere cy’u Rwanda kizaba kimeze rivuga ko igice cya kabiri cy’Ukwakira, 2023 kizagusha imvura nyinshi ugereranyije n’uko byagenze mu gice cya mbere cyako. Ikigo cy’igihugu cy’ubu...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yasabye abakora muri za Isange One Stop Center hirya no hino mu Rwanda kongera imikoranire kugira ngo ababagan...
Uru ruhare rugaragarira mu mafaranga boherereza imiryango yabo cyangwa andi bashyira mu mishinga iteza igihugu imbere. Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi iherutse gutangaza ko mu mwaka wa 2022, Abanyar...
Mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo watawe muri yombi na RIB imukurikiranyeho gusambanya umwana w’imyaka itatu(3) y’amavuko. Umugabo yari asanzwe yotsa inyama mu Mu...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Ukwakira 2023, Umuyobozi Mukuru wa Jandarumori ya Repubulika ya Centrafrique, Gen Landry Urlich Depot yageze mu Rwanda ashim Polisi yarwo ko igiye guhugura abantu 50 bo m...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye Apotre Yongwe( amazina ye ni Harerimana Joseph)yagejejwe mu bushinjacyaha. Akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejw...
Umugabo ushinzwe amakuru mu Mudugudu wa Gataba, Akagari ka Gasakura mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze bamusatse bamusangana kanyanga irasaho umwambi ikaka ndetse n’inzoga yitwa Vodka bivugwa k...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha( Rtd) Col Jeannot Ruhunga aherutse kuvuga ko burya aho gufungwa mu mibyizi rwagati nko ku wa Kabiri, ku bw’amaburakindi umuntu yafungwa ...
Mu muhango wo gufungura ku mugaragaro ikigo IRCAD-Africa kiri mu Murenge wa Masaka witwabiriwe na Perezida Paul Kagame, Prof Jacques Marescaux washinze iki kigo, yavuze ko kuba iki kigo yashinze gifu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyahagaritse imiti cyemeza ko itakwizwera yari imaze igihe runaka ikoreshwa ku isoko ry’u Rwanda. Ni imiti y...









