Mu rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ubushinjacyaha bwabwiyeInteko iburanisha ko bibaye byiza igifungo cy’iminsi 30 rwari rwarakatiye Kazungu Denis cyakongerwaho indi 30 kuko hari iperereza bukimukoraho. ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko umwe mu bashakanye ashobora kuza kuri station y’uru rwego akavuga ko ahaye imbabazi mugenzi we bashakanye wari uhafungiye kubera ubushoreke, ubusamb...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti ...
Nyuma yo guhagarikwa mu nshingano bikozwe na Minisitiri w’Intebe ku bubasha yahawe na Perezida wa Repubulika, CG Emmanuel Gasana yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho gukoresha ububasha ahabwa n’It...
CG Emmanuel Gasana wayoboraga Intara y’Uburasirazuba yahagaritswe mu murimo kubera ibyo akurikiranyweho nk’uko itangazo ryo mu Biro bya Minisiteri w’Intebe ribivuga. Uyu mugabo yari aherutse gu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko umunyamakuru akaba na nyir’igitangazamakuru Ukwezi TV,Manirakiza Théogène afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Akurikiranyweho icyaha cyo gukangisha gusebanya....
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiga ku hazaza h’isi muri iki gihe ibintu byicara bihinduka, Perezida Kagame yavuze ko iyo ushoye mu kubaka ubushobozi bw’abantu, wungukira henshi ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugira inama abayobozi mu nzego z’ibanze ko mu gihe cyo gutanga raporo ku cyaha runaka cyakorewe aho bayobora, buri gihe bagomba kujya bibuka kwandika amazina y’abab...
Abayobozi ba Polisi z’ibi bihugu byombi ni ukuvuga CG Felix Namuhoranye ku ruhande rw’u Rwanda na CG Godwin Tandabantu Matanga ku ruhande rwa Polisi ya Zimbabwe barateganya kuzashyira umukono ku mase...
Amakuru Taarifa yamenye avuga ko ubushinjacyaha bwasabiye uyu mugabo ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro guhabwa indi minsi 30 y’igifungo kuko hari ibyo bugikoraho ipe...









