Mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke haravugwa inkuru y’abasore babiri biyemerera ko bishe Nyina kuko bamusabanga umunani ntabyumve neza. Nyina yari akiri muto kuko yari afite imyaka 47 y’am...
Mu rwego rwo kwirinda ingaruka mbi ziterwa n’imvura nyinshi harimi n’imyuzure, ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwamuritse ahantu 15 hari ibikoresho bitanga impuruza ku bwinshi bw’imvura ishora ishobora ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari Emmanuel Ntwari yabwiye Taarifa ko hari umugabo na mushiki batawe muri yombi baha Abunzi ruswa ya Frw 7,000 ngo babafashe guhuguza mushiki wabo isam...
Umuhanga mu mitekerereze ya muntu wagize uruhare runini mu kubaka imitima y’Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba n’intiti ikomeye Prof Pierre Rwanyindo Ruzirabwoba yatabarutse afite ...
RIB yashyikirije inzego z’umutekano z’u Burundi, Umurundi ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 29 FBU. Uyu mugabo witwa Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30 akekwaho kwiba amafaranga muri Banki y’Ubucuruzi y...
Ubugenzacyaha bwafunze abantu barindwi barimo abakozi bane bo mu Karere ka Rulindo n’abandi batatu bahoze bahokora bakimurirwa. Kuri uyu wa Kane nibwo Ubugenzacyaha bwabafashe Abatawe muri yombi ni: A...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamaze kwakira ubujurire bwa Manirakiza Théogène aherutse kurugezaho ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo aherutse gufatirwa. Rwatanze italiki urubanza mu bujurire ...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije Depite Dr. Habineza Frank avuga ko kimwe mu bituma abantu baha itangazamakuru isura ridafite ari abakoresha nabi imiyoboro ya YouTub...
Perezida Paul Kagame avuga ko uko abantu babona u Rwanda rw’ubu bishingiye ku mahitamo rwagize mu myaka iri hafi kuba 30. Yabivugiye mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku bukerarugendo yi...
Intara y’Uburengerazuba n’iy’Amajyaruguru zikunze kwibasirwa n’inkangu mu gihe cy’imvura nyinshi. Iyo zidafunze imihanda ngo urujya n’uruza ruhagarare, hari ubwo zihitana abahisi n’abagenzi baba abari...









