Amashusho yashyize kuri X na RadioTV10 arerekana imirwano hagati y’umugabo bivugwa ko yari agiye kureba umugore we wabyaye abazwe, ariko umusikirite amubera ibamba. Byaje kuvamo gufatana mu mashati, ...
Iri tsinda ryo si Abakono ahubwo ni Abasuka, bakaba bakorera mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Giti. Mu nama iherutse guhuza abayobozi mu nzego zitandukanye bakorera mu Karere ka Gicumbi no mu Ntara ...
Umuhanga mu binyabuzima ukomoka mu Budage witwa J.Maximilian Dehling yavuze ko yavumbuye ubwoko bw’ibikeri buri mu ishyamba rya Nyungwe ryonyine ku Isi. Amaze imyaka umunani akora ubushakashatsi ku bi...
Ikigo cy’igihugu kita ku mikurire y’abana, NCDA, cyashyikirijwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF imashini 80 zo gushyushya abana bavutse igihe nyacyo kitageze. Zose zifite agacir...
Mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza haraye inkuru mbi y’urupfu rw’abantu batandatu bagwiriwe n’ikirombe barapfa. Mu Mudugudu wa Rwinkwavu mu Kagari ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu niho byar...
Nyuma y’urubanza rwa Kazungu Denis rutarajya mu mizi rukaba ari rwo rwafatwaga nk’urukomeye kugeza ubu, muri iyi minsi urundi ruvugwa kandi rukomeye kubera uburemere bw’ururegwamo ni urwa CG( Rtd) Emm...
Mu rubanza rugikomeje kubera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, CG( Rtd) Emmanuel Gasana yahakanye ibyaha bibiri aregwa. Ubushinjacyaha bwo bwasabye urukiko kumufunga by’agateganyo. Emmanuel Gasana wa...
CG( Rtd) Emmanuel Gasana yageze mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare ngo aburane ku byaha ubushinjacyaha bumurega birimo gukoresha ububasha yahawe n’amategeko mu nyungu ze ‘bwite’. Uyu mugabo wamaze imya...
Mu Mudugudu wa Nyabinyenga, Akagari ka Kagabiro, Umurenge wa Mubuga mu Karere ka Karongi hari abaturage bafite imyizerere ya kidini ituma bakemanga gahunda zose za Leta. Bakuye abana mu ishuri, bashyi...
Ubwo yaganiraga n’abari bitabiriye umuhango wo gutangiza ikigo giteza imbere imishinga ikora ku ikoranabuhanga kitwa Norrsken Kigali House, umwe mu bitabiriye iki gikorwa yabajije Perezida Kagame umug...









