Urukiko rw’ibanze rwa Nyagatare rwanzuye ko CG(Rtd) Emmanuel Gasana afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Hari mu isomwa ry’urubanza Emmanuel Gasana aregwamo gukoresha ububasha ahabwa n...
Dr. Edouard Ngirente uyobora Guverinoma y’u Rwanda avuga ko inzego z’u Rwanda zubatse uburyo bwo guha abaturage serivisi ku buryo ubu izigera kuri 10% ari zo zitarashyirwa mu ikoranabuhanga. Yemeza ...
Nyuma y’amashusho yagaragaje umurwaza arwana n’umusekirite w’ibitaro bya Nyarugenge, ubuyobozi bwabyo bwasabye abarwaza imbabazi, buvuga ko ibyo yakoze bitari mu ndangagaciro kabyo. Itangazo ryasonywe...
Ibiro by’Umushinjacyaha mukuru w’Urwego rwasigariyeho gukurikirana ibyaha byasizwe n’inkiko zaburanishaga abateguye Jenoside yakorewe Abatutsi rwatangaje ko Aloys Ndimbati yapfuye. Yaguye mu Rwanda mu...
Ubwo yakiraga indahiro z’abakora mu nzego nkuru z’ubutabera harimo n’Umunyamabanga wungirije wa RIB, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda bose bareshya imbere y’amategeko. Ya...
Harya no hino mu Mujyi wa Kigali hari abaturage bavuga ko urubyiruko rwo muri Sudani y’Epfo rumaze igihe rugaragaraho urugomo ruterwa ahanini no kunywa cyane rugasinda. Umumotari witwa Ndagijimana avu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, kivuga ko hari ubushakashatsi kiri gukora mu rwego rwo kumenya uko iyi ndwara imeze kugira ngo hazafatwe ingamba zo kuyica burundu. Ngo bitarenze umwaka wa 203...
Mu Kagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo hari imiryango 800 yasabwe kwimuka aho ituye kubera ko abayigize batuye ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga. Inzu z’abo baturage zanditsw...
Aimable Nzizera wareze umunyamakuru Manirakiza Theogene icyaha cya ruswa yandikiye urukiko avuga ko amubabariye. Undi yavuze ko nta mbabazi ze ashaka, ahubwo ko agomba kwerura akabwira urukiko cyamut...
Mu bice bimwe by’Umujyi wa Musanze hagaragara imihanda yangiritse itaramara byibura imyaka ine yubatswe. Abayubatse kandi baba barayitashye ku mugaragaro, bimeze kwemezwa ko yubatswe mu buryo bunoze. ...









