Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Mu Murenge wa Gikundamvura mu kagari ka Kizura, hakaba mu Karere ka Rusizi Thacienne Nyirandababonye aravugwaho gutema nkana ikiganza cy’umusore witwa Elisé Habanabashaka asanzwe abereye Mukase bapfa ...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubugenzacyaha muri RIB, Jean Marie Twagirayezu, yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Burkina Faso, Dr Roger OUEDRAOGO hamwe n’abamuherekeje kuri Isange ‘One Stop Centre.’ ...
Komiseri w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano w’ibikorwa remezo n’ibigo byigenga bicunga umutekano; Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yasabye abafite ibigo byigenga bi...
Mu Mudugudu wa Rugerero, Akagari ka Gashirira mu Murenge wa Ruvune mu Karere ka Gicumbi haravugwa umukobwa w’imyaka 20 watwikishije lisansi umugabo n’umugore bari bamaze amasaha macye bashyingiranyw...
Dr Mbonimana Gamariel wahoze ari Umudepite avuga ko nyuma yo kuva mu Nteko yeguye kubera isindwe yaje gukena ndetse aza guteza ibibanza bibiri yanga ko ibye babiteza cyamunara. Hari n’imodoka ze...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa Rwanda FDA cyatangaje ko hari imiti ikozwe mu bimera itujuje ubuziranenge yakuwe ku isoko ry’u Rwanda. Itangazo ribi...
Kuri uyu wa Mbere taliki 20, Ugushyingo, 2023 muri Marriot Hotel i Kigali harabera igikorwa u Rwanda rwifatanyamo n’amahanga mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana. Ariko se muri rusange aba...
Amakuru umwe mu batwara taxi voiture mu Mujyi wa Musanze yahaye Taarifa avuga ko hadutsemo inkongi. Ahagana saa saba z’amanywa twamenye ko gazi ari yo yaturitse itwika zimwe mu nyubako zo muri ...
Mu rwego rwo kurinda ko amazi y’umugezi wa Sebeya azongera gusenyera abaturage nk’uko byagenze muri Gicurasi, 2023, ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu n’abafatanyabikorwa bako bugiye kubaka inkuta n’ibira...









