Guverinoma y’u Rwanda yaguze bisi nini 200 zo kunganira izisanzwe zitwara abagenzi bo mu Mujyi wa Kigali. Amabwiriza yahise atangazwa na Minisiteri y’ibikorwaremezo avuga ko imodoka za pick ups zari z...
Abantu bagera ku 50,000 ubu nibo babarwa ko bageze i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru mu gikorwa cyo kuzirikana isabukuru y’imyaka 40 ishize Bikira Mariya abonekeye abigaga mu bigo by’aho. Aba bantu baj...
Bamwe mu babyeyi bo mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko guhugira mu mirimo byatumye Babura uko bita ku bana bituma abana babura indyo yuzuye baragwingira. Iyi mpamvu bayitangiye mu biganiro byakurikiye ...
Abantu bari hagati ya 18,000 na 20, 000 baraye i Kibeho ku Ngoro ya Bikira Mariya i Kibeho kwizihiza isabukuru y’amabonekerwa yizihizwa ku ya 28 Ugushyingo. Mu ijoro nk’iri haba igitambo cya Misa giku...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwaraye rwemeje ko ubujurire bwa CG (Rtd) Emmanuel Gasana, budafite ishingiro bityo ko icyemezo cyo kumufunga by’agateganyo cyafashwe n’urw’ibanze rwa Nyagatare kiguma...
Inteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa Mbere taliki 27, Ugushyingo, 2023 yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019.OL ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amat...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga avuga ko mu mikorere yazo harimo no gukumira ko ibibazo by’imibereho mibi biba intandaro y’amakimbirane avamo n’intambara. Ngo niyo mpamvu aho zi...
Mu Karere ka Bugesera haravugwa abana b’abakobwa bafite hagati y’imyaka 12 na 16 bakora uburaya. Umuyobozi w’aka Karere Richard Mutabazi yabwiye itangazamakuru ko atari azi iki kibazo, ko kigiye guhag...
Imodoka yavaga ku ishami rya Kaminuza y’u Rwanda rya Busogo yakoreye impanuka mu Karere ka Gakenke ihitana abantu batatu harimo n’umushoferi. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa 26, Ugushyingo, 2023 ahaga...
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwasanze ikirego cy’abashakaga ko Apôtre Dr Paul Gitwaza yeguzwa nta shingiro gifite, rutangaza ko kitakiriwe. Abashumba batandatu nibo bamuregaga. Abo ni ...









