Amakuru tugikusanya aremeza ko hari uruhinja rwatoraguwe mu nyubako isanzwe icumbikira abakobwa biga Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye. Basanze rwaburaga ukwezi ngo ruvuke. Abarutoraguye baru...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda havugiwemo ko mu gihe kiri imbere mu Karere ka Huye hazubakwa ikigo kigezweho mu bya drones. Bakise Drones Operation Centre. Biteganyijwe ko iki kigo kizata...
Ubwo yaburanaga ku bujurire ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, umunyamakuru wigenga Jean Paul Nkundineza yavuze ko ibyo yavuze kuri Miss Jolly Mutesi bikamuviramo ibyaha byatumye ubu ari mu rukiko ...
Abajura bataramenyekana bibye ibikoresho byo muri Chapelle ya Tumba icungwa n’ababikira b’Abizeramariya. Umubikira uyobora icyo kigo, Soeur Julienne Mukarwego yabwiye itangazamakuru ko abajura batwaye...
Umunyamakuru wigenga Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha no gutangaza amakuru y’ibihuha yitabye urukiko mu bujurire ku ifunga n’if...
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye byemeje ko Lt Gen(Rtd) Charles Kayonga aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya. Asimbuye Fidelis Mironko. Statement on Cabinet resolutions of 29/11/20...
Ubwo yafunguraga inteko rusange y’Abadepite bagize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yavuze ko ibihugu by’aka Karere bikwiye gukorana kugira ngo ...
Minisiteri y’Ubuzima yasabye Ihuriro ry’abavuzi gakondo kwirinda kubarura no guha ibyemezo abavuzi gakondo bibumbiye mu ihuriro ryabo (AGA Network Rwanda). Bibaye nyuma y’igihe muri ryo havuzwe ubwumv...
Mu rwego rwo gufasha Leta y’u Rwanda mu muhati wayo wo kubakira ubushobozi abarimu n’abanyeshuri biga siyansi, Kaminuza Nyafurika y’imibare na siyansi, African Institute of Mathematical Sciences...
Minisiteri y’Ibidukikije itangaza ko u Rwanda rugiye kumurikira isi imishinga iteza imbere ibidukikije rwashoyemo binyuze mu kigega FONERWA. Muri yo harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na K...









