Uwahoze ari umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru Ishema Fidel Uzabakiriho Gakire yasabiwe n’ubushinjacyaha gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni Frw 3. Ni ku cyaha cyo gukoresha impapur...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Kabiri taliki 05, Ukuboza, 2023, ruraburanisha Umunyamakuru Uzabakiriho Fidèle Gakire uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Uy...
Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza kugeza mu minsi runaka iri imbere, Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko icyaha cyo gucuruza abantu gikorwa, uko ba...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangaje ko rwafashe umugabo witwa Nkurunziza Ismael wo mu Karere ka Nyamasheke aheruka gutahurwaho gucukura icyobo mu nzu ye. Iby’uyu mwobo byamenyekanye ub...
Ambasaderi w’Ubufaransa mu Rwanda Antoine Anfré yasuye ishuri ry’ingabo z’u Rwanda z’i Gako mu Karere ka Bugesera. Yahasanze kandi aganira n’abasikare bari kwiga Igifaransa bakagifatanya n’andi masomo...
Mukamuvara Xavérine wari ufite imyaka 60 yiciwe aho yacuririzaga bamumena ijisho ndetse bamurika n’amaguru. Kuri uyu wa Mbere taliki 01, Ukuboza, 2023 nibwo amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye. Uriya mu...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo bane barimo abapasiteri babiri, bose bakaba bakurikiranyweho impapuro mpimbano. Bose ni abayoboke b’itorero ADEPR. Abo bafunzwe ni Pasiteri Frodouard Karamuka,...
Ubugenzacyaha bufatanyije n’inzego z’ibanze mu Karere ka Nyamasheke buri gushakisha umugabo witwa Ismael Nkurunziza nyuma yo gusanga umwobo muremure mu rugo rwe, bigakekwako ari uwo yajugunyagamo abo ...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Dubai mu nama mpuzamahanga yiga k’ukurengera ibidukikije yitwa COP 20. Ni inama iri butangire kuri uyu wa Gatanu ikaba izaganira aho politiki zo guteza imbere ibidukikije n...
Mu ijambo yavuze ubwo harangizwaga gahunda y’imyaka itandatu Kaminuza Nyafurika yigisha imibare na siyansi, AIMS, yari imaze ihugura abarimu n’abanyeshuri mu bya siyansi n’imibare, umuyobozi muri REB...









