Amatora yo kuzuza imyanya itari ifite abayobozi mu Turere twa Burera na Karongi yarangiye Soline Mukamana ari we utorewe kuyobora Burera n’aho Valentine Mukase atorerwa kuyobora Karongi. Madamu Vestin...
Muri Mutarama, 2024 nibwo Kazungu wiyemereye ko yishe abantu 14 akabataba mu cyobo cy’igikoni cy’inzu yari acumbitsemo mu Busanza bwa Kanombe azatangira kuburana mu mizi. Ni urubanza ruteganyijwe tali...
Guverinoma y’u Rwanda ifatanyije na UNICEF n’abandi bafatanyabikorwa mu mibereho myiza y’abana, igiye gutangiza ‘mutuelle’ yo kwishyurira abana bafite ubumuga bwo kutumva neza utwuma tubibafashamo. Dr...
Mujyi wa Kigali hatangijwe uburyo bwiswe ‘Community of Feminist Practice bwo kungurana ibitekerezo no guharanira ko ihohoterwa ricika ndetse n’uburyo uburinganire busesuye bwagerwaho. Mu r...
Kuri wa 05, Ukuboza 2023, abanyeshuri b’abahungu bo muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, basohowe igitaraganya mu nyubako isanzwe yigirwamo izwi nka KOICA. Kubera ko batasobanuriwe impamvu, byat...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Murama wo mu Karere ka Ngoma, Mapendo Gilbert, yakoze impanuka ihitana umwana w’imyaka itandatu abana icyenda barakomereka. Birakekwa ko yari yasinze. Abo b...
RIB yatangaje ko yataye muri yombi Hilary Hodari wari Umuyobozi wa Koperative NDMC, Nyagatare Dairy Marketing Cooperative, n’umubaruramari wayo witwa Happy Muhoza ibakurikiranyeho kunyereza umutungo ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima, Dr.Yvan Butera yaraye abwiye Taarifa ko u Rwanda ruri guhangana n’ikibazo cy’abana bavuka badashyitse. Dr Yvan Butera yabivuze nyuma yo kwitabira umuha...
Nk’uko byatangajwe na Prof Dr. Charlotte Baguma wungirije umuyobozi w’ishami ry’ubuvuzi n’iby’imiti muri Kaminuza y’u Rwanda, iki kigo kigiye gutangiza amasomo mashya mu nzego zitandukanye z’ubu...
Mu gihe gito kiri imbere itsinda ryaturutse mu Bwongereza rihagarariwe n’Umunyamabanga ushinzwe ibibera imbere muri kiriya gihugu witwa James Cleverly n’itsinda ry’u Rwanda barasinya amasezerano mashy...









