Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko taliki 14(ku Banyarwanda baba hanze yarwo) na taliki 15, Nyakanga, 2024 ( ku Banyarwanda baba mu Rwanda) ari bwo hazaba amatora ya Perezida wa Repubulika akom...
Padiri wo muri Paruwasi ya Nkanga mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera witwa Gakuba Célestin yagonze abantu yicamo babiri undi arakomereka cyane. Yari atwaye imodoka ya Jeep Toyota Hilux RAE 001I...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga ashima umusanzu w’abaturage bafatanya na Polisi n’izindi nzego z’umutekano mu kwicungira umutekano kandi ngo b...
Kubera ubujura, hari abaturage bo mu Mudugudu wa Cana, Akagari ka Musamo, Umurenge wa Ruhango bavuga ko ubujura bw’imyaka buri gutuma basarura imyaka iteze. Abajura barandura imyumbati, ibishyimbo n’a...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, bafatanyije na Polisi ndetse n’abasirikare kubwira abatuye Akarere ka Rubavu kwirinda uruhare urwo ari rwo rwose mu bucuruzi bw’abantu cyangwa ibindi...
Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru hatangiye amahugurwa y’iminsi ibiri ku bijyanye no gutanga ubutabazi bw’ibanze bugenewe abakoze impanuka bategereje ambulance cyan...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Lt Gen Mubarakh Muganga yaraye yakiriye ikiciro gishya cy’abasore n’inkumi binjijwe mu ngabo z’u Rwanda. Bari bamaze amezi arindwi batozwa ibya gisirikare mu k...
Perezida Kagame yabwiye urubyiruko nyafurika ko ikoranabuhanga ari umutungo ukomeye, ufasha rwiyemezamirimo kugera ku ntego ze. Hari mu gikorwa cyo guhemba abakoze imishinga isubiza ibibazo by’a...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye ruburiye abatuye Akarere ka Nyaruguru muri rusange n’abo mu Murenge wa Busanze ko batabaye maso, hari abacuruza ibiyobyabwenge cyangwa abacuruza abantu bashobora kubaca...
Amakuru agera kuri Taarifa aremeza ko Laurent Bucyibaruta wari warakatiwe gufungwa imyaka 20 kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi aremeza ko yapfuye. Uyu mugabo yavutse mu mwaka wa 19...









