Perezida wa Repubulika yaraye ahaye abayobozi inshingano nshya. Umwe muri benshi yazihaye ni Pudence Rubingisa watangiye kuyobora Umujyi wa Kigali muri 2019 asimbuye Rwakazina Marie Chantal usigaye uh...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwagejeje telefoni ku barimu barenga 1100 bitabiriye umunsi wa mwarimu wizihirijwe mu Intare Arena. Ni umunsi wari witabiriwe n’abarimu baje bahagarariye abandi baturutse ...
Umuvuguzi wa Kaminuza y’u Rwanda Ignatius Kabagambe yabwiye Taarifa ko uru rwego rwa Leta rwamenye ko hari abanyeshuri bagurisha mudasobwa bahawe ngo bazigireho. Ibi byatumye ikora igenzura, abo isanz...
Abakozi ba RIB babwiye abatuye Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu amayeri abacuruza abantu bakoresha. Ngo babanza kumenya uko runaka abayeho bityo bakabona aho bahera bamushukashuka. Ikindi ng...
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe yaraye ayoboye inama y’Inama Njyanama idasanzwe yasuzumiwemo ibaruwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’aka karere Bwana Alfred Ngarambe yayan...
Mu Murenge wa Kansi mu Karere ka Gisagara hamaze iminsi hubakwa urugo rw’inyambo. Nirwuzura rwitezweho kuzaba igicumbi kigamije guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku muco gakondo w’Abanyarwanda n...
Bamwe mu bakozi bo mu bitaro by’Akarere bya Nyabikenke babwiye itangazamakuru ko kuva Minisiteri y’ubuzima yohereza Dr Nkikabahizi Fulgence kubiyobora ataragera mu kazi ngo ahamare iminsi byibura imin...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya ibyaha bimunga ubukungu muri RIB witwa Banyundo Dieudonné yakiriye kandi aganira n’itsinda ryo muri Mali ku bunararibonye bw’u Rwanda mu gutahura, gukumira no kug...
Abagize Unity Club bahagarariye abandi basuye ababyeyi b’Impinganzima baba mu rugo rwa Bugesera babashimira umutima wo gutwaza wabaranze mu mwaka wa 2023 banabifuriza kuzagira umwaka mushya muhi...
Minisitiri w’umutekano mu gihugu Alfred Gasana yaraye asabye Polisi y’u Rwanda kuzakomeza kuba maso mu minsi mikuru irangiza umwaka, ikazaba mu mutekano usesuye. Yabisabiye mu Nama nkuru ya Polisi y’u...









