Mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Gasagara mu Murenge wa Rongi muri Muhanga hatuye umugabo witwa Niyotwisunga Isaïe w’imyaka 47 y’amavuko ufite irangamuntu amaranye imyaka 18 yanditse mu mazina ya Kay...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwasabye abamotari bo mu Karere ka Kirehe kwirinda ibikorwa biganisha ku icuruzwa ry’abantu birimo kubajyana imahanga babanyujije mu nzira zitazwi kandi mu buryo but...
Perezida Kagame nk’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yaraye yongeye ‘gukora amateka’ ubwo yahaga abagore barindwi ipeti rya Colonel. Kuva u Rwanda rwabaho nibwo bwa mbere iri peti rih...
Mu gihe gito kiri imbere Guverinoma y’u Rwanda izabona imbangukiragutabara 180 zizaza kuziba icyuho cyaterwaga n’ubuke bw’izi modoka z’ingirakamaro. Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Uzziel Ndagij...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahaye abasirikare barenga 700 amapeti yisumbuye kuyo bari basanganywe. Muri bo harimo abajenerali bane yahaye ...
Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi 100 bahagarariye abandi mu nama yiga uko ihohoterwa ryacika, ko kugira ngo ricike koko bisaba ko abantu bamenya i...
Ubushinjacyaha mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa bwasabiye Dr.Munyemana Sosthène ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi gufungwa imyaka 30. Mbere y’uko ubushinjacyaha bumusa...
Minisiteri y’ubuzima yaraye ihagarariye igikorwa cyo kwegurura Ibitaro bya Kibagabaga ikigo gishamikiye ku idini ry’Abadivantisiti kitwa Integrative Healthcare Rwanda (IHCR) kugira ngo kicyagure kand...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abashyitsi bari baje gutangiza ikiciro cya mbere cy’uruganda rwo gukorera inkingo mu Rwanda ko ubwo rwabwiraga amahanga ko rugomba gukorana n’abandi rugakora ink...
Ibi ni ibyemezwa n’Umuryango w’abagabo uharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (RWAMREC). Umwe mu bayobozi bawo avuga ko bitoroshye kumenya abakorewe...









