Mu mpinduka nyinshi zizavugwa ko zakozwe mu Rwanda mu Cyumweru kiri kurangira, harimo n’uko bwa mbere mu mateak y’u Rwanda abagore barindwi bahawe ipeti rya Colonel mu ngabo z’u Rwanda. Ni undi muhigo...
Kiliziya Gatulika mu Rwanda yasohoye itangazo rivuga aho ihagaze ku cyemezo Papa Francis aherutse gutangaza cyo guha umugisha ababana bafite ‘ibitsina bisa.’ Abepisikopi Gatolika bose bo m...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda mu izina ry’umugaba wazo w’ikirenga yaje kureba uko abasirikare bagize umutwe w’ingabo z’u Rwanda zidasanzwe witoje, aboneraho no kurangiza iyo myitozo zari zimazemo amezi ...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ku mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kwishimira iminsi mikuru irangiza umwaka wa 2023, umuganda w’impera z’umwaka wa 2023 utakibaye. Umuganda w’impera z’Uk...
Abakozi b’Ubugenzacyaha babwiye abatuye Umurenge wa Gatore muri Kirehe ko abacuruza abantu babagirira nabi kugeza n’ubwo babakuramo ibice by’umubiri bakabigurisha. Ni ubukangurambaga bw’uru rwego ruko...
Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, wahembye abanyeshuri batsinze amarushanwa yo gukora ibihangano ku buzima bwo mu mutwe. Umukozi Ushinzwe Ubuzima bwo mu ...
Jean Claude Musabyimana uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yabwiye abayobozi bamaze iminsi bahugurirwa i Nkumba nyuma yo gutorerwa kuzuza Inama Njyanama z’Uturere dutandukanye ko ubumwe bw’Aba...
Hari amakuru yatangiye gutangazwa mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatau y’uko hari abantu bateraga ikiraka muri RAB baguye mu kizenga kubashakisha bibanza kugorana. Inzego z’ubuyobozi n’iz’umut...
Perezida Kagame nk’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yahaye Mubarakh Muganga ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye. Yari asanzwe afite inyenyeri eshatu akaba umugaba w...
Ubutabera bwanzuye ko Sosthène Munyemana afungwa imyaka 24 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi byakorewe i Tumba. Perezida w’Urukiko yatangaje ko uru rukiko rwasanze yarateguye, ...









