Polisi itangaza ko muri rusange umutekano wagenze neza kuri Noheli. Icyakora ngo hari impanuka ebyiri zitagize uwo zihitana. No ku italiki ya 24, Ukuboza 2023, nta mpanuka nyinshi zabaye uretse ebyi...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga aherutse kubwira itangazamakuru ko ingabo z’u Rwanda zihora ziteguye intambara. Yasubizaga ku bimaze iminsi bivuzwe na Perezida wa DRC Felix Tshi...
Arikipisikopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda Antoine Cardinal Kambanda avuga ko hari abantu bashaka kuzana muri Kiliziya inyigisho zishaka guhinyuza Imana. Avuga ...
Umunyarwandakazi Ambasaderi Valentine Rugwabiza ari mu bagore 100 bavuga rikijyana kurusha abandi muri Afurika. Urutonde ari ho rwiswe 100 Most Influential African Women for 2023 rwakozwe n’ikigo cy’...
Nyuma y’inkuru yavugaga ko umuyobozi w’ibitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga ataboneka mu kazi kandi ntagire uwo asigira inshingano, ubu abashinzwe isuku muri ibi bitaro barataka ko bahembwa Fr...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Ibyiciro bitandukanye by’abatwara ibinyabiziga byasabwe kurushaho kwitwararika, abantu bakirinda ikintu cyose gishobora guteza impanuka zo mu muhanda cyane cyane muri ibi bihe by’iminsi mikuru irangiz...
Mu kigo kigisha Abanyarwanda uko umuntu aba umupolisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana habereye igikorwa cyo kwinjiza abapolisi mu kazi. Muri bo hari abatojwe guhosha imvururu ziterwa...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yaraye ayoboye umuhango wo kwakira mu ngabo z’u Rwanda abakomando bashya bari bamaze amezi 10 batorezwa i Nasho mu Karere ka Kirehe. Yababwiye ko u...
Nyuma y’igihe kirekire urubanza rw’abagabo babiri bakurikiranyweho Jenoside yakorewe Abatutsi rubera mu Bubiligi, rwaraye rukaswe. Urukiko rwa rubanda rw’Ububiligi rwategetse ko Twahirwa Séraphin wi...









