Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu taliki 29, Ukuboza, 2023 rwategetse ko umunyamakuru Uzabakiriho Gakire Fidèle afungwa imyaka itanu nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukora no gukoresh...
Ku kibuga cy’indege cya Kanombe haraye hageze abimukira 153 baturutse muri Libya. Baje basanga abandi babarirwa mu bihumbi baba mu nkambi iba mu Murenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera. Abaraye bagez...
Sarah Asiimwe uhagarariye abandi bana mu Rwanda yavugiye mu kigo cya Nkumba mu Karere ka Burera ko abana bifuza ko ababyeyi bababa hafi, abayobozi bakabashyiriraho gahunda ziteza imbere uburenganzira ...
Imbangukiragutabara yari ivanye umurwayi ku bitaro bya Ngarama mu Karere ka Gatsibo, imujyanye mu bitaro bya Kanombe, yakoze impanuka igeze mu Mudugudu wa Byimana mu Kagari ka Jamba, mu Murenge wa Nya...
Prosper Mulindwa uyobora Akarere ka Rubavu yabwiye itangazamakuru ko kuva abaye umuyobozi ari ubwa mbere abonye aho umuntu yifata agatema insina za mugenzi we akazararika! Yasubizaga ko kibazo cy’umus...
Kuri uyu wa Kane taliki 28, Ukuboza, 2023 mu Murenge wa Nkumba mu Karere ka Burera harabera Ihuriro ry’abana habagarariye abandi ku rwego rw’igihugu bitoremo ababayobora. Bitabiriye Inama y’igihugu y’...
Imvura yaraye iguye mu Karere ka Rusizi n’ubu ikaba ikigwa yangije ikiraro cyahuzaga Umurenge wa Gikundamvura n’uwa Muganza aho bita kuri barrage. Iki kiraro cyafashaga abacuruzi b’umuceri n’ind...
Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yaraye ahaye itsinda ry’abana bo muri Pueri Cantores(abana b’abaririmbyi) bagiye guhagararira abandi bo mu Rwanda, mu ihuriro ry’aba...
Ubwo bubonaga umusore wo mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge yimanitse, barebwe muri telefoni ye basangamo ubutumwa yari yandikiye umuntu amubwira agahinda afite, ko ubuzima bumunaniye ar...
Ni ibitanganzwa n’Inteko y’Umuco. Intiti zayo zivuga ko iyi Nteko imaze kubarura ahantu ndangamurage hasaga 500, habumbatiye amateka yo hambere. Kuhabarura biri mu rwego rwo gukomeza kuhabungabunga k...









