Urukiko rwasubitse isomwa ry’urubanza rwa Dubai umunyemari Dubai( amazina ye ni Jean Nsabimana) nabo bareganwa. Ni gahunda yari iteganyijwe saa munani z’amanywa kuri kuri uyu wa Gatanu taliki 19...
Hashize igihe gito umwe mu baganga b’ikigo cy’igihugu cy’ubuzimwa Dr. Edson Rwagasore atangaje ko indwara iri mu Rwanda atari COVID-19 ahubwo ari ibicurane. Icyakora niyo byaba byo, uko bigaragara ni ...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 17, Mutarama, i Nasho muri Kirehe habereye igikorwa cyo kwishimira ubumenyi bushya abasirikare ba RDF bari bamaze iminsi bahererwa mu kigo cya gisirikare kiri muri uyu Muren...
Umuhati wo gutunganya umuhanda Huye-Rusizi , Nyamagabe-Huye ngo imodoka zimwe na zimwe zishobore gutambuka waraye ukomwe mu nkokora n’ikamyo yahaciye inanirwa kuhava kubera gusaya. Kuri uyu wa Kabiri ...
U Rwanda rwemeye gutanga umusanzu warwo wa Miliyoni $3 mu kigega cya Miliyari $1 izashyirwa mu kubaka no guha ubushobozi Ikigo Nyafurika kiswe Timbuktoo kizateza imbere guhanga udushya mu ikoranabuha...
Inzego zishinzwe ubwubatsi bw’imihanda zatangiye gusana umuhanda Huye-Rusizi waraye utenguwe n’imvura nyinshi n’amazi y’umugezi wa Mwogo uca hagati ya Huye na Nyamagabe ugakomereza mu bindi bice. Nyum...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda watangaje ko ugiye gusabira Ubumwe bw’Abakirisitu mu Rwanda. Ni igikorwa cyari gisanzwe gikorerwa mu Mujyi wa Kigali ariko bishobora kuzagurwa bikagezwa no mu matorero ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Mutarama, 2024 ingendo ziva Huye, Nyamagabe, Nyamasheke-Rusizi zahagaze bitewe n’uko uyu muhanda waraye usenyutse nk’uko inkuru yacu yaraye ibitangaje. Ama...
Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo y’igihugu y’u Butaliyani Papa Fransisiko yavuze ko abantu bose Imana ibafata kimwe, ko iha umugisha ababi n’abeza bityo ko n’ababana bafite ...
Nyuma y’uko ku Ibanga ry’Amahoro mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi hashyiriwe ishusho ya Padiri Ubald Rugirangoga mu rwego rwo kwibutsa ubutumwa yakoze, Musenyeri Edouard Sinayobye, Umw...









