Mu mvugo yeruye, Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 ko abakanga Abanyarwanda ko bazabahungabanyiriza umutekano bibeshya. Yongey...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano ko n’ubwo mu myaka 30 ishize u Rwanda rwapfushije benshi, ariko akibutsa ko ubu rufite igisekuru kizima kigizwe n&...
Admiral Joaquim Mangrasse uyobora Ingabo za Mozambique yaraye mu Rwanda mu ruzinduko yagiraniyemo ibiganiro n’abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda. Abo ni Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangarije amahanga ko yamaganye kandi isaba n’amahanga kubigenza gutyo, ikamagana amagambo ivuga ko[Guverinoma] ahembera amacakubiri mu Banyarwanda akaba aherutse kuvugwa na P...
Minisitiri avuga ko u Rwanda nk’umunyamuryango w’ihuriro, G77 and China rwishimiye kwitabira iriya nama iri kubera muri Uganda kandi rukaba rushyigikiye ko urwego rw’imari ku isi rwavugururwa kugira n...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura yari imaze iminsi igwa mu bice byinshi by’u Rwanda kandi ku gipimo cyo hejuru, iri bukomeze no mu gice cya nyuma cya Mutarama, 2...
Mu Kigo cy’amashuri cya EAV Rushashi mu Karere ka Gakenke habereye ibyago byatewe n’inkongi yadutse mu nzu abanyeshuri bararamo. Umwe muri bo yahitanywe nayo. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Mukandayi...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abanyacyubahiro bari muri Uganda mu Nama mpuzamahanga y’ibihugu bivuga ko bidafite aho bibogamiye ko iyo abantu bunze ubumwe bagera kuri by...
Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
Ni ikibazo buri wese yakwibaza aramutse yibutse ko uwo abo bose bavuga ko bemera ari we Yezu Kristo yavuze ko itegeko rirusha ayandi yose agaciro ari ugukunda mugenzi wawe nk’uko wikunda kandi ugakund...









