Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinée, Lt Général Mamadi Doumbouya, watangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Uyu muyobozi yageze mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane. Akaba a...
Nyuma y’uko Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 irangiye, Perezida Kagame yayoboye Inama Y’Abaminisitiri ibaye ku nshuro ya mbere mu mwaka wa 2024 Ni Inama i...
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi harabera Kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi. Ni igikorwa kiraba ku nshuro ya kabiri kuva aho Israel ifunguriye Ambasade yayo i Kigali. Kwibuka iy...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko kuburanisha Abanyarwanda bakoreye bagenzi babo Jenoside binyuze muri Gacaca byarondereje umutungo w’...
Ba Perezida b’Inama Njyanama b’Uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga bemereye itangazamakuru ko bakiriye inyandiko z’abayobozi babandikiye basaba guhagarika akazi ‘mu gihe kitazwi.’ Hari ha...
Ubwo yarangizaga Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19, Perezida Kagame yongeye gusaba ko abayobozi ba baringa bavanwa mu nshingano. Yasabye abayobozi kumenya ko akazi bak...
Minisitiri Nepo Abdallah Utumatwishima yabwiye Perezida Kagame ko urubyiruko rwamutumye ngo amubwire ko rumufataho urugero. Ati: ‘Urubyiruko rwinshi niyo turebye ibyo bandika ku mbuga nkoranyamb...
Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente avuga ko mu rwego rwo gukemura mu buryo burambyw ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, hari bisi 140 ziri hafi kugezwa ...
Mu rugo rw’Umuturage wa Ngoma mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo habonetse imibiri 119. Ni imibiri yabonetse mu ntanzi z’urugo no mu gikoni cy’umugabo witwa Jean Baptiste Hishamunda. Amakuru...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu myaka irindwi ishize urwego rw’uburezi bw’u Rwanda rwateye imbere ku kigero kigaragara. Bimwe mu byerekana ko uru rwego rwateye imbere ni umubare w...









