Inkuba yaraye ikubitiye abantu batatu muri Gisagara bari bahinga bahita bajyanwa kwa muganga, nyuma umwe agwayo. Byabereye mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Kibilizi, Akagari ka Ruturo, Umudugudu wa ...
Hari abayobozi bagize Uturere tw’Intara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba nta ngengo y’imari yagenewe gusana ibikorwa remezo byarangiritse, bibadindiza mu mihigo. Bavuga ko kuba hari ubwo hatangwa amasoko...
Iteganyagihe ryo kuva tariki, 11 kugeza ku ya 20, Gashyantare, 2024 ryemeza ko ingano y’imvura iri hagati ya milimetero 20 na 160 ari yo iteganyijwe kugwa mu bice bitandukanye by’u Rwanda kuzageza mu ...
Tadeyo Karamaga ni umwe mu barinzi b’igihango bo mu Ntara y’Amajyaruguru. Yabwiye urubyiruko rw’aho ko rukwiye kuzakora nk’uko yakoze ubwo yarokoraga Abatutsi bahigwaga muri Je...
Kuri X umupfumu Rutangarwamaboko yashimye Imana y’i Rwanda n’Abazimu ” batazima” ko barinze umuryango we ntiwashya. Yabitangaje nyuma y’uko inkongi yatewe no gusudira yib...
Kabera Védaste ukurikiranyweho gutanga indonke yakatiwe n’Urukiko rw’ibanze rwa Nyamabuye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mbere y’uko urubanza rujya mu mizi. Urukiko rwemeje ko hari impamvu zikomeye z...
Me Murangwa Faustin uburanira Kazungu Denis yasabye urukiko kuzaca inkoni izamba rugahanisha umukiliya we igihano gito kubera ko yemera ibyaha aregwa kandi akaba asaba imbabazi. Kazungu Denis aregwa i...
Umwe mu banyamakuru bari bari mu rukiko aho Kazungu Denis yaburanaga yemera ibyaha by’uko yishe abantu 12( abo yemera), avuga ko uyu mugabo w’imyaka 32 y’amavuko yageze aho ararira, asaba imbabazi ab...
Mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, hatangiye iburanisha mu mizi ry’urubanza rwa Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, gusambanya ku gahato n’iyicarubuzo. Ubwo yasomerwaga iby...
Umukuru wa Pologne yaraye arangije uruzinduko rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda, arurangiza asura Kibeho ya Nyaruguru, ahantu hari ubutaka butagatifu. Yakiriwe n’abayobozi batandukanye barimo aba K...









