Mu biganiro abakora ubushakashatsi ku mateka y’u Rwanda baraye bagiranye na Sena, haganiriwe ko n’ubwo ubushobozi n’ubumenyi ku bushakashatsi bihari ku rwego runini, ikibazo kikibangamiye ...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwemeje ko Joseph Harerimana wari ukurikiranyweho kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya wamamaye nka Apôtre Yongwe ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe usubitse n’...
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko rwatengushywe n’ikoranabuhanga rwarimo rutegura mu gufasha abagenzi kwishyura ingendo bishingiye ku ntera bakoze. Mu kiganiro Waramutse Rwanda cyo kuri R...
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5. M...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizami n’integanyanyigisho, NESA, cyasohoye ingengabihe y’uko abanyeshuri bazataha bajya mu biruhuko bya Pasika byo muri Mata, 2024. Hateganyijwe ko bazataha mu byiciro biz...
Nyuma y’uko inzego zo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu bafashe uwitwa Niyitegeka Evariste bivugwa ko yari avuye muri Wazalendo aje gusura umugore n’abana yari yarasize mu Rwanda, byaje kum...
Kuri X Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibimaze iminsi bivugwa ko hari Umunyasudani y’Epfo waburiwe irengero mu Rwanda atari byo ahubwo yari yagiye gusura mugenzi we ararayo. Iby’uko yaburiwe irengero b...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Uburezi n’iy’Ikoranabuhanga na Inovasiyo [MINICT] hamwe n’ikigo cy’u Budage cy’Iterambere, GIZ, hatangijwe gahunda yo gukoresha robo mu mashuri uhereye mu mashuri abanza...
Uwari Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi akaba ari yari n’Umuyobozi w’ikigo RICA amakuru aravuga ko yanditse yegura ku buyobozi bwa Njyanama. Avuye kuri ubu buyobozi nyuma y’uko Minisitiri ...
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano snhya, Perezida Kagame yongeye kwibutsa abayobozi muri rusange ko gukorera hamwe ari byo bigeza abaturage ku mibereho myiza. Iri ...









