Mu Karere ka Rusizi haravugwa iyegura ry’abayobozi barimo na Visi Meya ushinzwe ubukungu witwa Munyemanzi Louis Ndagijimana. Yeguye hashize igihe gito Perezida wa Njyanama Béatrice Uwumukiza. Amakuru ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uri buhagararire Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Senegal Bassirou Diomaye Faye. Faye ararahira kuri uyu wa Kabiri mu muhango uri bu...
Iki ni ikibazo Perezida Kagame yabajijwe mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 01, Mata, 2024. Kagame avuga ko umusimbura azaboneka byanze bikunze kandi ko agomba kuzaba umuntu uh...
Ubwo yasubizaga ku cyakozwe ngo abarokotse batange imbabazi ku babakoreye Jenoside, Perezida Kagame yavuze ko nyuma ya Jenoside abarokotse Jenoside bari bakeneye ubutabera ariko ko nabo hari icyo basa...
Urukiko mu Karere ka Nyanza rwanzuye icyemezo cyo kurekura by’agateganyo umwana w’umuhungu w’imyaka 15 wari uherutse kuburana ahakana ibyo yashinjwaga byo gusambanya umwana w’imyaka itatu. Uwo mwana ...
Saa munani zuzuye kuri uyu wa Mbere taliki 01, Mata, 2024, Perezida Paul Kagame araha ikiganiro radio yigenga yitwa Radio/TV 10. Si kenshi yahaye radio zigenga ibiganiro byihariye kuko akenshi yatumir...
Inkuru ibabaje yazindutse imenyekana mu Rwanda ni urupfu rwa Ambasaderi Monique Mukaruriza wari umaze igihe igihe arwariye mu Bubiligi. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu nibwo yatabarutse. Apfuye yar...
Iby’iyi karita byavuzwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC), Emmanuel Mugisha mu kiganiro yaraye ahaye abanyamakuru n’abandi bayobozi bo mu Ntara y’Amajyepfo...
Ubuyobozi bwa RSSB buvuga ko mu gihe kiri imbere bugiye gutangiza uburyo bwo kumenyesha umukozi ko atazigamiwe bityo ahaguruke abiharanire. Ni mu rwego rwo gufasha n’abakoresha ahari icyuho mu micungi...
Raporo zitandukanye zakozwe n’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta mu bihe bitandukanye zigaragaza ko hari amafaranga abarirwa muri za miliyoni nyinshi za Leta bikekwako zanyerejwe mu mayeri menshi. Rapo...









