Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko nyuma y’ibyabaye ku Banyarwanda byose Abanyarwanda basanze nta kindi cyakurikiraho kitari ubumwe kugira ngo bube ari bwo ibindi byubakirwaho. Avuga ko nyuma ya ...
Bimwe mu bikubiye mu masezerano Ubufaransa bwaraye businyanye n’u Rwanda ni uko iki gihugu kizarutera inkunga ya Miliyoni € 400 yo kuzafasha mu iterambere ry’u Rwanda hagati y’umwaka wa 2024 n’umwaka ...
Ku rwibutso rwa Kigali ruri mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo habereye icanwa ry’urumuri rutazima rugamije gukomeza kuzirikana Abatutsi bazize Jenoside yabakorewe mu mwaka wa 1994 mu gihe cy’im...
Isaac Herzog yageze mu Rwanda mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ambasade ya Israel mu Rwanda niyo yatangaje iby’uko Perezida Herzog yageze i Kigali. Ku kibuga cy’indege yakiriwe n’Umun...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Mata, 2024 umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Tchèque witwa Lieutenant General Karel Řehka n’abagize itsinda rye bahuye na muganzi we uyobora iz’u Rwanda Genera...
Perezidanse y’Afurika y’Epfo yashyize kuri X amashusho ya Perezida Cyril Ramaphosa akigera muri Kigali Convention Center ari kumwe na Minisitiri mu gihugu cye ushinzwe ububanyi n’amahanga Dr. Naledi ...
Amakuru aravuga ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubufaransa Stéphane Sejourné ari mu Rwanda akaba yaganiriye na mugenzi we ushinzwe ububanyi n’amahanga Dr. Biruta Vincent uko umubano hagati ya Ki...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika y’Epfo Dr. Naledi Pandor yabwiye umwanditsi ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga mu Biro ntaramakuru by’Afurika y’Epfo, SABC, ko Perezida Ramaphosa azaganira na...
Perezida Paul Kagame yabwiye mugenzi we uyobora Repubulika ya Tchèque ko u Rwanda rutazibagirwa uko igihugu cye cyatabarije Abatutsi bicwaga muri Jenoside mu gihe ahandi bari baryumyeho. Yabimubwiriye...
Mu masaha ari imbere biteganyijwe ko Cyril Ramaphosa utegeka Afurika y’Epfo ari busure u Rwanda. Ni uruzinduko rwo kwifatanya n’isi kuzirikana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi no guharanira ko ita...









