Minisiteri y’ubuzima ivuga ko mu mezi atatu ari imbere mu Rwanda hazagera itsinda ry’abaganga bo muri Cuba bazaza guhugura bagenzi babo mu mivurire igezweho. Biri muri gahunda Leta y’u Rwanda ifatanyi...
Ku wa Gatatu taliki 10, Mata, 2024 niwo munsi Umuryango w’Abisilamu mu Rwanda watangaje ko bazarangirizaho igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan. Ni umunsi bita EidAlFitr. Uyu muryango uvuga ko umuhango wo k...
Perezida Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere mbere yo gukorana ikiganiro n’itangazamakuru yabanje kugirana ikiganiro na Bill Clinton waje uhagarariye itsinda ryoherejwe na Guverinoma y’Amerik...
Bidatinze ubuyobozi bwa Ethiopia buratangira kubaka Ambasade mu Rwanda ku butaka bwahawe na Guverinoma y’u Rwanda bungana na metero kare 715,35. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ethiopia n’abandi b...
Asubiza abavuga ko Kagame atajya aseka, ahora agaragara nabi, Perezida Kagame avuga ko muri iki gihe ahubwo yishima agaseka kuko muri iki gihe hari ibishimishije byatuma umuntu useka. Avuga ko muri ik...
Perezida Kagame yavuze ko mu mwaka wa 2015 hari ibaruwa yandikiye ubutegetsi bw’Amerika abusaba ko indi minsi y’umwaka bwazajya buvuga ibyo u Rwanda rudakora neza ariko ku italiki 07, Mata, buri kwezi...
Muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame agiye kuhakorera ikiganiro n’itangazamakuru ryo mu Rwanda ndetse n’irikora ku rwego mpuzamahanga. Ni ikiganiro kiri bugaruke ku byaranze kwibuka Jenoside...
Abaturage b’i Rusizi bishimiye ko Ikigo cy’igihugu gishinzwe guha amazi meza abaturage, WASAC, cyongeye kubagezaho amazi nyuma y’uko ibura ryayo ryari ryaratumye ijerekani igera ku Frw 800 kuzamura b...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko yaganiriye na mugenzi we uyobora u Rwanda ku byakorwa ngo umubano hagati y’igihugu cye n’u Rwanda wongere kuba mwiza. Avuga ko baganiriye ku ngin...
Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere taliki 08, Mata, 2024 ari umunsi w’ikiruhuko ku bakozi ba Leta n’abikorera. Ni umunsi ukurikiye uwo kuri i...









