Abafatangabikorwa b’ibitaro bya Faysal bakoreshejwe inama berekwa igishushanyo mbonera cy’uko bizagurwa. Nibyuzura bizaba byikubye kane mu buso byari bisanganywe ndetse no mu bushobozi. Bi...
Umunyenganda ukomeye Ayabatwa Tribert Rujugiro yapfuye afite imyaka 82 y’amavuko. Ni umwe mu banyenganda bakomeye u Rwanda rwagize kandi yazishinze n’ahandi henshi muri Afurika harimo muri Ugan...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi bahoze bakorera Minisiteri y’uburezi n’abandi bakoraga muri uru rwego bazize Jenoside, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi,...
Imibare itangazwa n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ivuga ko Akarere ka Gasabo ari ko kagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside kurusha utundi hagati y’italiki ya 07 n’iya 13, Mata, 2024. Mu...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mata, 2024, Perezida Kagame yahaye abasirikare ipeti rya Sous Lieutenant ribinjiza muri ba ofisiye bato. Ni igikorwa...
Nyuma y’iminsi itanu yari ishize hashakishwa abantu bibye ibendera mu Kagari ka Nyamure, Umurenge wa Muyira, amakuru aremeza ko ubugenzacyaha hari abantu bwafashe bubakurikiranyweho uruhare mu ubura r...
Mu ijambo yagejeje ku basirikare barangije amasomo bari bamazemo iminsi mu kigo cyabo cya Gako, Perezida Kagame yababwiye ko mu muco w’Abanyarwanda muri rusange n’ingabo muri rusange bazira agasuzugur...
Kuri uyu mbere tariki 15 Mata 2024, Umupolisi w’i Muhanga yarashe umugabo wari uvuye kwiba inka y’umuturage aramwica. Byabereye mu Mudugudu wa Kiduha, Akagari ka Kibaga, Umurenge wa Rugendabari. Umuny...
Mu Kigo cya gisirikare cya Gako mu Karere ka Bugesera harabera itangwa ry’ipeti rya Second Lieutenant rihabwa abasirikare bamaze igihe batorezwa muri iki kigo amasomo abagira abafosiye bato. Ikigo cya...
Ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe muri Centre Christus i Remera mu Karere ka Gasabo, hari taliki 12, Mata, 2024, Perezida wa IBUKA yavuze ko hari abahesha b’inkiko bahishe amarangizarubanza y’abarokotse ...









