Umuvugizi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano mu muhanda Superintendent of Police(SP) Emmanuel Kayigi avuga ko mu gihe kiri imbere Polisi igiye gutangira guhana abantu bafite ibinyabizi...
Noteri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo witwa Elyse Ndamyimana yaguye mu bitaro bya Kacyiru nyuma yo guterwa ibyuma n’abagizi ba nabi. Amakuru y’ibanze Taarifa ifite avuga ko uyu mugabo yatezw...
Perezida Paul Kagame avuga ko abayobozi batagomba kumva ko ari bo ntangiriro bakaba n’iherezo ry’ibintu byose bibera mu bihugu byabo. Abo bayobozi bumva ko iyo bamerewe neza n’abandi biba ari uko. Icy...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bamaze igihe baha abaturage inzitiramubu. Bamwe muri bo ni abanyeshuri biga baba mu bigo. Abo muri Saint Joseph i Kabgayi bavuga ko kurara neza mu nzitir...
Mukabunani Christine umwe mu badepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yabajije Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente niba nta buryo abana b’abahanga mu ikoranabuhanga bakora ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye Inteko Rusange y’Abadepite n’Abasenateri uko uburezi mu Rwanda bwateye imbere. Yavuze ko muri rusange bwateye imbere n’ubwo hari ibitaranoga. Mur...
Uwitonze Yvonne wo mu Mudugudu wa Gitwa, Akagari ka Mataba, Umurenge wa Rubengera avuga ko abajyanama b’ubuzima bagira uruhare rushimwa na benshi mu kuvura abana n’abandi bakunze kwandura Malaria. Uy...
Umuyobozi w’ingabo za UN muri Sudani y’Epfo zitwa The United Nations Mission in South Sudan (UNMISS), Lt Gen Mohan Subramanian yasuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda ziri muri ik...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga hari abaturage bataka ko ubuyobozi bwabategetse kurandura ibishyimbo kugira ngo aho byari biteye hashyirwe Stade. Meya avuga ko kubaka sta...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buributsa Abanyarwanda ko nta muntu wemerewe kwanduza umuhanda. Ni ubutumwa bureba abantu ku giti cyabo, abafite ibikorwa by’ubwubatsi aho imodoka ziva cyangw...









