Ubugenzacyaha bwafashe abagabo babiri bafitanye isano bakurikiranyweho ubujura n’ubufatanyacyaha mu kwiba $9,500. Abo ni Bihirabake Jerôme na Mbonigaba Jean Bosco. Umugore wibwe yabwiye itangazamakuru...
Mu Mirenge itandukanye y’Akarere ka Gatsibo hari amakuru yakuye abaturage umutima y’abana babo bafite imyaka itatu. Bivugwa ko batwarwa n’undi mwana w’imyaka nka 13 ariko akaba ataramenyekana ngo avug...
Mu myaka ya 2002 kuzamura nibwo u Rwanda rwatangiye urugamba rweruye rwo kurwana na malaria none rurashimirwa ko rugeze kure ruyihashya. Abayobozi muri RBC baraye bitabiriye Inama Nyafurika mu kurwany...
Umwe mu myanzuro yaraye yemerejwe mu Nama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, uvuga ko imodoka zitwa automatique zemerwewe kujya zikorerwaho ibizamini byo gutwara imodoka. Mu kugir...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe gukurikirana ahashobora kwibasirwa n’ibiza muri MINEMA, Niyotwambaza Christine yavuze ko hari ahantu 326 habaruwe ko hashobora guteza ibiza kubera imvura iri kugwa cyane mu R...
Phocas Mazimpaka ushinzwe ishami ryo gukumira indwara mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima avuga ko abashakashatsi b’iki kigo bari gukora igerageza ngo barebe akamaro ko gukumira malaria binyuze mu gu...
Iki gice cy’umuhanda wa Nyamasheke- Rusizi cyangirikiye mu Kagari ka Buvugira, Umudugudu wa Bujagiro mu Murenge wa Nyabitekeri. Byabereye mu ishyamba rya Nyungwe ahitwa Kamiranzovu. Imvura nyinshi yag...
Ikigo gisanzwe gishyira amaraso ibigo nderabuzima biri kure kitwa Zipline kivuga ko mu gihe kimaze gikora kimaze kugezayo amaraso n’izindi serivizi zigera kuri miliyoni. Si amaraso gusa atangwa muri i...
Abagabo bari bamaze iminsi baragwiriwe n’ikirombe bakuwemo barapfuye. Uwakuwemo mbere yaje kugwa kwa muganga akaba yaritwaga Bucyanayandi Evariste w’Imyaka 27 y’amavuko. Bamukuye mu kirombe yane...
Abahagarariye abandi mu byiciro by’imibereho y’abatuye Nyamagabe bari guhugurwa ku miterere y’umubu utera malaria kugira ngo bamenye uko bazajya bawikiza ukiri muto. Ayo masomo agamije kum...









