Prof.Jeannette Bayisenge ushinzwe abakozi n’umurimo avuga ko ibura ry’ikoranabuhanga mu mirimo itandukanye ndetse n’igishoro kidafatika biri mu by’ibanze bidindiza umusaruro w’abakozi mu Rwanda. Aho i...
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga Umuyobozi w’ibi bitaro witwa Dr Norbe...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hari umugabo witwa Kalinda Viateur uvugwaho gutwikira umwana we mu nzu agapfa. Karinda afite imyaka 35 y’amavuko naho umwana we Iremukwishaka Viateur yari...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze guteza imbere siyansi ari ingenzi mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage no koroshya urugendo rugana ku iterambere rwiyemeje. Ni ub...
Ansélme Nkusi uyobora imirimo ikorerwa ku irimbi rya Rusuroro avuga ko iby’uko gushyingura umuntu bihenze, ko harebwa uburyo ikiguzi bisaba kigabanywa nk’uko biherutse gukomozwaho na Depite Ruku Rwaby...
Akarere ka Nyagatare niko ka mbere gafite abafite ubumuga benshi kurusha utundi mu Rwanda, abo bakabamo n’abafite ubwo mu mutwe. Ikibazo kiyongeraho ni uko hari n’urubyiruko rwinshi rwavutse rudafite ...
Umukuru w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’u Rwanda Paul Kagame yaraye yemeje ko izi ngabo zigira umutwe wihariye ushinzwe ubuvuzi. Yahise ashyiraho n’ubuyobozi bukuru bwawo buyobowe na ...
Mu Murenge wa Kagano, Akagari ka Ninzi mu Karere ka Nyamasheke habereye impanuka yakozwe n’ubwato bwa mbere mu Rwanda burimo Hoteli ariko abari baburimo ku bw’amahirwe abari bayirimo bose bavamo amaho...
Akaboga karacyari imbonekarimwe ku Banyarwanda benshi kuko impuzandengo ivuga ko buri Munyarwanda arya ibilo umunani ku mwaka yakagombye kurya ibilo 45 ku mwaka. Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu cyatangaje ko kuba hari ibura ry’umuriro riherutse kuba hafi mu gihugu hose ryatewe n’impamvu zigikorwaho iperereza. Impamvu ngo ni uko kugira ngo i...









