Umuyobozi muri CLADHO ushinzwe ibikorwa no kwita ku bana, Evariste Murwanashyaka avuga ko kuba Leta yarashyizeho gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri byatumye abenshi muri bo bakunda kwiga. Yabivuz...
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo wa Leta (PAC), babajije ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda impamvu itubaka inyubako izakorerwamo n’ishami rivura amatun...
Kazibwe Paulian ushinzwe imari muri Airtel Rwanda yatangaje ko kuva gahunda ya Connect Rwanda yatangira muri Kamena, 2023 ubu telefoni 520,000 zimaze guhabwa abaturage. Yabivugiye mu Karere ka Rusizi ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutsura ubuziranenge, Rwanda Standards Board, ku bufatanye n’Urwego rushinzwe kugenzura ishyirwamubikorwa ry’ihame ry’uburinganire, GMO, ndetse na UNDP baraye bahaye ibihem...
Perezida Paul Kagame yabwiye intiti zo muri Kaminuza ya Havard, ishami ryigisha ubukungu, ko u Rwanda ubwo isi yakekaga ko rwarangiye, abaturage barwo bitekerereje uko bakwivana muri uwo mwobo, bakore...
Ku bufatanye bw’inzego zitandukanye harimo n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iby’Ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera Umuguzi (RICA)hafatiriwe ibikoresho by’ikoranabuhanga byiganjemo...
Minisitiri w’intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko uruhare rw’abize Imyuga na Tekiniki rudashidikanywaho. Yabivugiye mu muhango wo kwakira impamyabumenyi zahawe abize imyuga na Tekiniki bara...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gus...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku mikurire iboneye y’abana, NCDA, bwananiwe gusobanurira Abadepite bagize PAC impamvu hari ingo mbonezamikurire 90 zikora kandi ubwo bu...
Habimana Alfred niwe watorewe kuba umuyobozi wungirije w’Akarere ka Rusizi ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu. Amakuru avuga ko yari asanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge...









