Gasake Wellars w’imyaka 73 y’amavuko aherutse gufatirwa mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Gako, mu Murenge wa Masaka muri Kicukiro nyuma y’uko yahabaga yarahinduye amazina kugira ngo atazafungirwa ...
Abantu umunani nibo batanze kandidatire yo kuziyamamariza kuyobora u Rwanda. Komisiyo y’igihugu y’amatora yabwiye abanyamakuru ko hari n’abandi 41 basabye impapuro zo kujya gushaka imikono, ibemerera ...
Umubyeyi wo mu Bugesera witwa Tuyishimire Alice yapfushije indi yari asigaranye nyuma y’uko umwana wa mbere nawe yapfuye azira kanseri. Yari atuye mu Kagari ka Kivusha mu Murenge w...
Ni ibyemezwa n’Urwego rwasigariye ruburanisha imanza zasizwe n’icyahoze ari Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, n’urwari rwashyiriweho Yugoslavia. Ibiro by’Umushinjacyaha Mukuru wa, IRMCT...
Dukuzumuremyi Anne Marie ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rusizi ashima ko ubu imirenge yose y’aka Karere ifite ikigo nderabuzima ndetse n’utugari bikaba uko. Umuren...
Mu mushinga waraye ugejejwe kuri Sena y’u Rwanda ikawemeza, harimo ko mu gihe gito mu Rwanda hazubakwa Kaminuza ikomeye yigisha amasomo ya gisirikare yagenewe abafite ipeti rya Colonel na ba Gen...
Mu bitaro bya Kibilizii biri mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara bishimira ko ku bufatanye n’Ikigo mpuzamahanga cya’ Ababiligi gishinzwe iterambere mpuzamahanga, bahawe ibyuma bis...
Ni ibyemejwe kuri uyu wa Mbere ubwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB) rwaganiraga n’abahanga bo mu Bushinwa bakora mu ishuri ryigisha ayo masomo. Ni mu rwego rwo...
Abakora mu rwego rwa za Banki mu Rwanda bavuga ko hari gahunda yo kuzamura ikoranabuhanga rikoreshwamo kugira ngo bigirire akamaro abakiliya babo kandi bibe ibya buri munsi. Banki nkuru y’u Rwan...
Depite Eugene Barikana yatawe muri yombi na RIB imikurikoranyeho gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry. B Murangira avuga ko uyu mugabo wari Umudepite mu Nt...









