Binyuze mu misoro no mu bundi buryo Leta y’u Rwanda ikusanyamo amafaranga, ubu ingengo y’imari yayo mu mwaka wa 2024/2025 yiyongereyeho 11.2% ni ukuvuga miliyari 574.5. Minisitiri w’imari n’igenamigam...
Kigali: Mu byumweru bike biri imbere mu Rwanda hazabera inama izahuza ba rwiyemezamirimo mu buhinzi n’abandi bahanze udushya mu buhinzi bw’iki gihe bazaba baturutse hirya no hino ku isi ngo bungurane ...
Mu Kagari ka Kibenga, mu Murenge wa Rutunga, Akarere ka Gasabo hari ababyeyi baraye batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umwana wabo bakamuta mu bwiherero. Bikekwa ko bamutaye...
Kimwe mu bibazo byugarije umuryango nyarwanda ni abana baba ku mihanda yo hirya no hino mu gihugu. Uzabasanga mu mihanda yo mu Mijyi minini yose. Uburyo inzego z’umutuzo rusange (public order) ni ukuv...
Kuri uyu wa Kane taliki 23, Gicurasi, 2024 Perezida Kagame yafatanyije na Marc Rugenera gufungura Ibiro bishya by’Ikigo cy’ubwishingizi Radiant kiri mu Murenge wa Nyarugenge mu Kaere ka Nyarugenge mur...
Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge habereye iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Eugene Barikana wahoze ari Umudepite akaba aherutse gusanganwa ibisasu bi...
Francis Kaboneka wigeze kuba Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yaraye ahawe inshingano muri Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu. Ni umwe mu myanzuro yaraye ifitiwe mu Nama y’Abaminisitiri yayobowe na ...
Mu kiganiro Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’umutekano n’iperereza, NISS, (Rtd) Major General Joseph Nzabamwita yaraye agejeje ku bitabiriye inama ya 11 yiga ku by’umutekano, yavuze ko imiy...
Ku rukuta rwe rwa X, Dr. Frank Habineza yatangaje ko yagejeje kuri Komisiyo y’amatora inyandiko ebyiri zaburaga mu idosiye yo gusaba kwemererwa kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubuka mu matora abura ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze abakozi barwo babiri bakoreraga ahitwa Ngarama muri Gatsibo. Bakurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye na ruswa. Mu gisa na operation yagiye ...









