Abakora mu ruganda rwa Kitabi Tea Company Ltd rukorera mu Karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kitabi bavuga ko kuba barahawe Irerero ngo babone aho gusiga abana bityo bibaha uburyo bwo kongera umusaruro....
Ku kicaro cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru habereye igikorwa cyo kwikita abayobozi ba Polisi ya Sweden. Kubakira byayobowe n’ Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ubute...
Minisiteri y’ibikorwa remezo n’abafatanyabikorwa bayo bagiye guha abamotari Kasike nshya bivugwa ko zujuje ubuziranenge. Ni ubuziranenge bugendanye no kuba zikomeye inyuma bihagije ku bury...
Mu Mudugudu wa Rugarama mu Murenge wa Rwaniro mu Karere ka Huye haravugwa umugabo Shumbusho Viateur uvugwaho Kwica Nyina w’imyaka 95. Shumbusho we afite imyaka 48 akaba asanzwe ukuriye irondo mu...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abamotari bose bakorera mu Mujyi wa Kigali bazatabira Inama izabahuriza kuri Pele Stadium i Nyamirambo. Mu itangazo rya Polisi handitsemo ko iriya nama izatangira ...
Sheikh Mussa Sindayigaya niwe watorewe kuba Mufti w’u Rwanda umwanya wari utegerejwe na benshi ngo abantu bamenye ubaye Mufti W’u Rwanda usimbuye Sheikh Salim Hitimana. Habanje gutorwa aba...
Amakuru ava mu Karere ka Burera avuga ko mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, ububiko bw’ibicuruzwa bwa MAGERWA hafi y’Umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda bwakongowe n’umuriro....
Umwe mu mishinga minini iteganyijwe kuzakorwa mu ngengo y’imari ya 2024/2025 ni uwo kubaka Ibigega binini bya essence na petelori mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ibyo bigega bizaba b...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yagiye muri Uganda kuganira na mugenzi we uyobora iza Uganda General Muhoozi Kainerugaba ku ngingo zirebana n’imikorere ya gisirikare ku mpande zombi...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) mu ruzinduko rwugamije gutsura umubano hagati y’urwego ayobora na Polisi y’i Abu Dhabi. Tal...









