Mu bihe no mu buryo butandukanye, Minisiteri y’ubuzima ikunze gusaba Abanyarwanda kureka itabi kuko ryica ubuzima mu buryo bwinshi. Ububi bw’itabi ntibugarukira mu gutera abantu kanseri n’uburemba, ah...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Seoul muri Koreya y’Epfo mu Nama mpuzamahanga iki gihugu kizagirana n’ibihugu by’Afurika. Niyo nama ya mbere iki gihugu kigiye kugirana n’ibindi by’Afurika ikaba yitwa Kore...
Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru rwa Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwapfundikiye urubanza rwa Dr. Vénant Rutunga wari ukurikiranyweho Jenoside nyuma y’aho ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cya b...
Polisi yatangaje ko yafashe umugore wo mu Karere ka Rulindo intsinga zipima toni 2.5 yari ajyanye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Nyarugenge. Ni umugore muto kuko afite imyaka 24 y’amavuko akaba y...
Sheikh Mussa Sindayigaya yarahiriye kuzuza inshingano nshya aherutse gutorerwa zo kuba Mufti w’u Rwanda. Izi nshingano yazirahiriye hari Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imiyoborere Dr. ...
Dr.François Xavier Kalinda uyobora Sena y’u Rwanda yaraye abwiye abitabiriye Inama nyunguranabitekerezo ku gusigasira umuco w’Abanyarwanda ko ari ngombwa cyane ko urubyiruko rwigisha indangagaciro z’u...
Ubuyobozi bwa Croix Rouge y’u Rwanda ruherutse gutaha umuyoboro w’amazi wa kilometer0 13 wubakiwe guha ababatutage ba Gisagara amazi meza. Abatuye aho uwo muyoboro ukorera bashima ko babonye amazi mez...
Umuyobozi Mukuru wa BK Group Plc Béatha Habyarimana yaraye atangaje ko iyi Banki ayobora yungutse Miliyari Frw 23.9 mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2024. Avuga ko ayo mafaranga yazamutse biturutse...
Nsabimana Jean wamamaye ku izina rya Dubai akaba asanzwe ari umunyemari yaraye akatiwe gufungwa imyaka ibiri, uyu ukaba ari umwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo. Nsabimana Jean uzwi nka Dubai yub...
Ngendahimana Ladislas wari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rihuza inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA), yeguye ku nshingano ze. Ngendahimana yari umwe mu basanzwe batanga i...









