Uwo ni Ntazinda Emmanuel uherutse kuvumburwa mu mwobo wari iwe, ubugenzacyaha bukavuga ko yari yarawucukuye yihisha kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri uyu wa Kabiri mu rukik...
Abantu bataramenyekana bigabije urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri i Charleroi mu Bubiligi bararwangiza. Bafashe irangi ry’icyatsi kibisi barisiga ku magambo yo kwibuka ari ku kirahure kiri...
Mu mwaka wa 2006 nibwo Perezida Paul Kagame yatangije gahunda ya Girinka Munyarwanda igamije ko buri rugo rw’umuturage utunzwe n’ubuhinzi cyangwa ubworozi rugira inka irukamirwa. Kuva icyo gihe kugeza...
Iyi ni intego Banki nkuru y’u Rwanda ivuga ko rwihaye kugira ngo haramutse habaye ibura ry’amadovize mu gihe cy’amezi ane, rukomeze gutumiza hanze ibyo rukeneye byose. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Pol...
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu witwa Habanabakize Etienne yishwe n’inyama y’inka itogosheje yamiranye amerwe menshi ihera mu muhogo imuheza umwuka. Yageze m...
Dr. Uwamariya Valentine uyobora Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yasabye ababyeyi kunga ubumwe kuko amahane ari kimwe mu bintu bikomeye bisenya umuryango, abana bakaba aba mbere mu ...
Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Jeannine Munyeshuli wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta yiruk...
Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafili yasinyanye na mugenzi we wa Guinea amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubuhinzi. Ni amasezerano azibanda ku bushakashat...
Mu Karere ka Karongi hari abahinzi baranduye igihingwa cy’ibobere bari barahinze babigiriwemo inama n’umushoramari ariko aza kubura. Aho aburiye bagiriwe inama yo kuyarandura kugira ngo bahinge ibihi...
Mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza haravugwa umusaza w’imyaka 60 ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka itanu. Uwo musaza asanzwe atuye mu Mudugudu wa Cyegera, b...









