Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora Charles Munyaneza asaba abanyamakuru kuzirinda gutangaza ibyavuye mu matora kubera ko ibyo ari inshingano ya Perezida wa Komisiyo y’amatora. Icyo ri...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasubije umucuruzi witwa Ishimwe Fridia miliyoni Frw 5 yari yaribwe. Uvugwa ko ari we wayibye ni umuzamu we kandi ubugenzacyaha bwatangaje ko bwasanze hari miliyoni Frw 1 yari...
Perezida Paul Kagame yageze mu Bufaransa ahari bubere inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’inkingo muri Afurika. Ni inama yiswe Global Forum for Vaccine Sovereignty and Innovation yateguwe n’Ikigo...
Ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’ubw’ingabo zarwo bwaraye bugejeje ku baturage ibyo abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari bamaze amezi atatu babubakira. Birimo inzu, amarerero, amavomo n’ibindi....
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’ingengo y’imari wa 2024, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku kigero cya 9.7% ahanini bitewe n’uko ubukungu muri rusange bwongeye kuzanzamuka ariko cyane cyane n’...
Guverinoma y’u Rwanda yaraye isinyanye amasezerano n’iya Luxembourg akubiyemo inkunga ya miliyoni € 5 yo guteza imbere amasomo y’imyuga n’ubumenyingiro hirya no hino mu Rwanda. Ayo mafaranga azatangw...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi abantu bane barimo abapadiri babiri bubakurikiranyeho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri witwa Christian Shema wazize inkoni bivugwa ko yakubiswe na bagenzi. ...
Kuri uyu wa Kabiri Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yahaye ipeti rya Assistant Inspector of Prisons abagabo n’abagore bo mu rwego rw’igihugu rushinzwe igorora bari bamaze igihe kirenga...
Mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage batuye Imidugudu itatu yegeranye bavuga ko umuriro w’amashanyarazi basaranganya aho kubabera igisubizo wabateje umwiryane. Ni umwiryane bavuga ko ukomeye ndetse...
Iteka rya Perezida ryemeje ko amatora y’Abasenateri azaba muri Nzeri, 2024. Iri teka ryasohotse mu igazeti ya Leta Rivuga ko kwiyamamaza bizatangira taliki 26, Kanama, birangire ku wa Gatandatu taliki...









