Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko umusaruro w’ibigori wazamutse ku kigero cya 7.5% bitewe ahanini n’uko abahinzi b’ibi binyampeke bayobotse kuhira. Uko kuhira kwatumye umusaruro ...
Perezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gukorana vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari. Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kuwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’i...
Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo. Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bika...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Misiri avuga ko ingabo zahoze ari iza APR Inkotanyi zakoze akazi katumye u Rwanda ruva mu matage rwari rwashyizwemo n’abarukoreyemo Jenoside yakorewe Abatutsi. Kuri wa 21, Nya...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yaraye ashimiye ku mugaragaro abantu bose bagize uruhare mu migendekere myiza y’amatora harimo n’urwego rw’abikorera ku giti cyabo. Yashimiye ...
Hari abakiliya b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura bashinja umuyobozi wacyo mu Karere ka Muhanga kuba ntibindeba, ntaboneke mu kazi ngo akurikirane uko basaranganywa amazi bigatuma hari bamwe...
Muri Kaminuza ya UNILAK haraye yamurikiwe igitabo Pasiteri Ezra Mpyisi yasize yanditse yise ‘Inkomoko y’ibyiza byose: Imana’. Uyu mukambwe aherutse gutabaruka afite imyaka irenga 100. Hagati aho kandi...
Abagabo bo mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, basaba inzego za Leta n’abafatanyabikorwa bazo gukorana bya hafi bakabakiza ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo. Bavuga ko iyo bakoreye amafarang...
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bita Autism basaba Leta gushyiraho uburyo bwihariye bwo kwita ku bana bafite uburwayi bita Autism. Autism ni uburwayi butuma umwana muto agira imyitwarire idasanzw...
Mu karere ka Rwamagana hubatswe icyuma cy’ikoranabuhanga kizajya gikusanya amakuru y’ibyogajuru mbere y’uko asesengurwa. Amakuru iki cyuma bita ‘teleport’ kizajya gikusanyiriza muri Rwamagana azajya a...









