Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga rukurikiranyeho kwiba miliyoni Frw 700 mu buryo bw’ikoranabuhanga. Uru rwego ruri kw...
Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe mu nshingano kubera ibyaha akekwaho ko yakoze ubwo yari Minisitiri w’Ibidukikije. Umuvugizi w’Urwego rw...
Mu Mudugudu wa Kamatongo, Akagari ka Budakiranya mu Murenge wa Cyinzuzi mu Karere ka Rulindo haraye inkuru mbi y’abantu umunani bagwiriwe n’ikirombe batatu bavanwamo bapfuye, abandi barabura. Amakuru ...
Itangazo ryo mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya yirukanwe mu nshingano ze kugira ngo haboneke uburyo bwo kumukurikirana kuby...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rukora ifu mu mata y’inka yavuze ko bikwiye ko umukamo uzamuka ukaba wagera cyangwa ukarenga litiro 40 ku munsi. Avuga ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatashye uruganda rukora ifu mu mata ruri mu Karere ka Nyagatare ahitwa Rutaraka. Ni uruganda rwubatswe mu Cyanya cy’Inganda cya Rutaraka mu Murenge wa ...
Abagize itsinda ry’urubyiruko rw’Abanyarwanda baba hanze yarwo baraye bakiriwe n’ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda baruganiriza ku mikorere yayo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of...
Imibare yerekana ko umukamo w’amata y’inka akamirwa mu Karere ka Gicumbi atuma kaba aka mbere mu Rwanda mu kugira umukamo mwinshi kuko ungana na litiro 106,000 ku munsi. Hejuru y’uyu mukamo utubutse h...
Abatuye Imirenge ya Nkanka na Gihundwe babangamiwe n’ubujura kugera n’ubwo abo bajura bakwambura ibyo ufite, bakaguhondagura bakarenzaho no kwambura imyenda bakagusiga uko wavutse. Ihene bakwibye bayi...
Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye no kurwanya Jenoside witw Alice Wairimu Nderitu. Amakuru atangwa n’Ibiro by’Umukuru w’...









