Mu myaka myinshi raporo zitandukanye zashyiraga u Rwanda mu myanya ya mbere mu guteza imbere ubukungu muri Afurika. Nubu birakomeje kuko hari n’iyasohotse vuba aha yitwa CPIA ya Banki y’isi ivuga ko a...
Umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda witwa Nel Ngabo avuga ko kuva umwaka wa 2024 watangira yakoranye na bagenzi be indirimbo nziza kandi ko ibyo ari ibyo kwishimirwa. Nk’ubu aherutse gukorana na DJ Tox...
Uwo ni Diane Ingabire waraye utsinzwe mu isiganwa ku igare yakoreshejemo iminota umunani n’amasogonda 27 aho yasiganwaga n’Umunya Australia witwa Brown Grace akamwanikira akanamutwara umudali wa zahab...
Perezida Paul Kagame yaganiriye na Minisitiri mushya w’Intebe mu Bwongereza witwa Sir. Keir Starmer. Ni ibiganiro byabereye mu Bufaransa aho bombi bagiye kwitabira itangizwa ry’imikino Olempiki ryabay...
Assia Iranzi wakomokaga mu Karere ka Rwamagana na Magnifique Manishimwe wo mu Ruhango bazize impanuka bagongewe muri Oman. Baje biyongera kuri mugenzi wabo witwaga Hadjira Umwizasate nawe wazize impan...
Robertinho uherutse gusinya ko agiye kongera gutoza Rayon avuga ko kugaruka agasanga mu bubiko bwayo kimwe mu bikombe yayihesheje ari iby’agaciro. Yaraye abitangaje nyuma yo gusinya amasezerano yo kuy...
Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, avuga ko hari umugabo n’umugore bari mu kigero cy’imyaka 30 banduye indwara y’ubushita bwR...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Musabyimana Jean Claude avuga ko imico mibi ikigaragara mu ba DASSO ikwiye gucika. Ikubiyemo ubusinzi no kuba bahohotera abaturage. Musabyimana yababwiye ko amahugur...
Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...









