Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
I Gikondo mu Karere ka Kicukiro ahasanzwe habera imurikagurisha hari byinshi byiza biri kuhamurikirwa kandi birimo n’udushya. Birimo amasafuriya ashobora guhisha amafunguro vuba, serivisi zigenewe aba...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe n’itsinda rye bitabiriye inama y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga yiga ku mutekano muke muri DRC yabereye muri Angola. Ni inama...
Mu mpera z’Icyumweru gishize mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ahitwa Nyakabungo havuzwe inkuru y’umugore witwa Mukabalisa watemesheje icupa rya Mützig umugabo we mu mutwe. Mu bihe bitandukanye ...
Emerance Bwiza avuga ko urukundo ari ikintu cy’icyuka, kidafatika umuntu yakwita ‘scam’. Uyu muhanzi uvuga utyo ari mu bakunzwe muri iki gihe kandi ari hafi gusohora iyo yise Ahazaza. Aherutse kubwira...
Akarere ka Gatsibo kari mu turere twa mbere mu Rwanda tutagira amazi ahagije abagatuye n’abagasura. Mu rwego rwo kurangiza cyangwa se kugabanya ubukana bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere hatangijwe ku m...
Eric Rwigamba usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi avuga ko u Rwanda rwihagije ku mbuto z’ibigori, soya n’ingano kuko zihatuburirwa ku rwego ruhagije ku ...
Mu buryo butunguranye umugabo watereraga abandi amakorasi bari guhimbariza Imana ahitwa mu Kinyamerika mu Murenge wa Kinyinya yamanutse aryama hasi, bamuhaye Fanta basanga ntagihumeka! Bivugwa ko yari...
Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Nyakanga, 2024 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe imirimo yo kubaka urugomero runini ruzakusanya kandi rugatunganya metero kibe miliyoni 55 z’amazi yo guha abatuye imirenge...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...









